Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya leta ya Congo, i Goma, cya nyomoje amakuru avuga ko Monusco yataye ibirindiro byayo byigarurirwa na M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 10, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cya leta ya Congo, i Goma, cya nyomoje amakuru avuga ko Monusco yataye ibirindiro byayo byigarurirwa na M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), za nyomoje amakuru avuga ko ingabo z’u muryango w’Abibumbye (MONUSCO) zataye ibindiro byabo biherereye mu nkengero za centre ya Sake, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni igisirikare cya leta ya Kinshasa, binyuze ku muvugizi wacyo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume niwe wahakanye ay’amakuru avuga ko ibyavuzwe ko ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, zataye ibindiro byabo hafi na Sake ari ibinyoma byambaye ubusa.

Ayo makuru yavuzwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 08/04/2024, yavugaga ko ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, zikomoka mu gihugu cy’u Buhinde zari mu nkengero za Sake ko zavuye muri ibyo birindiro binyuranyije n’amabwiriza abagenga, maze ngibyo birindiro biza kwigarurirwa na M23.

Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume, yagize ati: “Ibivugwa ko Monusco yatanze ibirindiro byayo byari mu nkengero za Sake ni binyoma byambaye ubusa.”

Ay’a makuru yari yatanzwe bwa mbere n’ibiro ntara makuru bya Bafaransa, AFP, aho byari byanavuze ko byibuze ibirindiro bitatu byarimo ingabo z’u muryango w’Abibumbye, byatawe maze bibohozwa n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23).

Ndjike Kaiko Guillaume, yakomeje agira ati: “Tugira ubwisanzure mu gihe tuba tuzi ko Monusco ihagaze neza mu birindiro byayo. Ibirindiro bya MONUSCO biri mu bituma abarwanyi bo mu mutwe wa M23 badakomeza kujya imbere.”

Si ubwambere bivugwa ko ingabo za Monusco zataye ibirindiro byayo, kuko ibyo byavuzwe mu kwezi kwa Mbere uyu mwaka ndetse n’u mwaka ushize.

         MCN.
Tags: Avuga koCongoCya nyomoje amakuruIgisirikare cya Leta ya KinshasaM23MonuscoSake
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Kubera umutekano ubuyobozi bw’u Mujyi wa Goma, bwa bujije Abayisilamu gukorera umunsi mukuru wa Ramazani kuri stade.

Kubera umutekano ubuyobozi bw'u Mujyi wa Goma, bwa bujije Abayisilamu gukorera umunsi mukuru wa Ramazani kuri stade.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?