• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya leta ya Congo, i Goma, cya nyomoje amakuru avuga ko Monusco yataye ibirindiro byayo byigarurirwa na M23.

minebwenews by minebwenews
April 10, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cya leta ya Congo, i Goma, cya nyomoje amakuru avuga ko Monusco yataye ibirindiro byayo byigarurirwa na M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), za nyomoje amakuru avuga ko ingabo z’u muryango w’Abibumbye (MONUSCO) zataye ibindiro byabo biherereye mu nkengero za centre ya Sake, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni igisirikare cya leta ya Kinshasa, binyuze ku muvugizi wacyo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume niwe wahakanye ay’amakuru avuga ko ibyavuzwe ko ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, zataye ibindiro byabo hafi na Sake ari ibinyoma byambaye ubusa.

Ayo makuru yavuzwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 08/04/2024, yavugaga ko ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, zikomoka mu gihugu cy’u Buhinde zari mu nkengero za Sake ko zavuye muri ibyo birindiro binyuranyije n’amabwiriza abagenga, maze ngibyo birindiro biza kwigarurirwa na M23.

Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume, yagize ati: “Ibivugwa ko Monusco yatanze ibirindiro byayo byari mu nkengero za Sake ni binyoma byambaye ubusa.”

Ay’a makuru yari yatanzwe bwa mbere n’ibiro ntara makuru bya Bafaransa, AFP, aho byari byanavuze ko byibuze ibirindiro bitatu byarimo ingabo z’u muryango w’Abibumbye, byatawe maze bibohozwa n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23).

Ndjike Kaiko Guillaume, yakomeje agira ati: “Tugira ubwisanzure mu gihe tuba tuzi ko Monusco ihagaze neza mu birindiro byayo. Ibirindiro bya MONUSCO biri mu bituma abarwanyi bo mu mutwe wa M23 badakomeza kujya imbere.”

Si ubwambere bivugwa ko ingabo za Monusco zataye ibirindiro byayo, kuko ibyo byavuzwe mu kwezi kwa Mbere uyu mwaka ndetse n’u mwaka ushize.

         MCN.
Tags: Avuga koCongoCya nyomoje amakuruIgisirikare cya Leta ya KinshasaM23MonuscoSake
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Kubera umutekano ubuyobozi bw’u Mujyi wa Goma, bwa bujije Abayisilamu gukorera umunsi mukuru wa Ramazani kuri stade.

Kubera umutekano ubuyobozi bw'u Mujyi wa Goma, bwa bujije Abayisilamu gukorera umunsi mukuru wa Ramazani kuri stade.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?