• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya leta ya Kinshasa cyagize icyo kivuga kuri Gen Chiko Tshitambwe uvugwa ko yaba yahungiye muri M23.

minebwenews by minebwenews
June 30, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cya leta ya Kinshasa cyagize icyo kivuga kuri Gen Chiko Tshitambwe uvugwa ko yaba yahungiye muri M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya leta ya Kinshasa cyagize icyo kivuga kuri Gen Chiko Tshitambwe uvugwa ko yaba yahungiye muri M23.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Bikubiye mu butumwa bwatanzwe n’umuvugizi w’Ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo, uherereye mu bice byo muri Butembo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bwana Lieutenant Mbuyi Reagan, avuga ko Gen Chiko Tshitambwe ibimuvugwaho ari ibinyoma.

Uyu muvugizi yavuze ko Chiko yahizwe bukware, ahigwa n’abaturage, ko kandi ari byo byaviriyemo kuvuga ayo makuru we yita ko ari ay’ibinyoma.

Yagize ati: “Ubu ngubu komanda w’Amajyaruguru ararwana ku rugamba n’Ingabo ze kugira ngo bakaze umutekano w’ibirindiro byabo i Kirumba no gushimangira ibya Kaseyi na Alimbongo.”

Yanavuze kandi ko iz’i nk’uru ko zahimbwe n’abantu bakoresha imbuga nkoranya mbaga, kandi ko ababihimbye ari abanzi bamahoro.

Amakuru ava muri ibyo bice, avuga ko ibyo ko byakwirakwijwe ku wa Gatandatu, nyuma y’uko hari hagaragajwe amashusho yavaga i Butembo, aho byasobanurwaga ko Abaturage barimo guhiga Gen Chiko muri Hotel bakekaga ko acumbitsemo ngo kugira ngo bamusabe ibisobanuro nyuma yifatwa rya Kanyaboyonga.

Ay’amakuru anavuga ko iyo Hotel ari iyitwa Believe iherereye neza mu mujyi wa Butembo.

Aba baturage ba mushakishaga barimo Wazalendo ndetse n’abandi basivile bakorana nayo, nyuma yo ku mubura byaketswe ko yabacitse anyuze mu idirishya, ari nabwo byahwihwise ko yaba yahungiye mu bice bigenzurwa na M23.

Imwe mu mafoto yakwirakwijwe hanze, igaragaza ibirahuri by’iyi Hotel bya menaguritse, ndetse aba Wazalendo baje gukora igisa n’imyigarambyo bayikorera muri Butembo.

Gusa abashinzwe umutekano abarimo abasirikare n’abapolisi baje kuhagoboka bahoshya uwo mwuka mubi wari aho muri aka gace.

Haje no kugaragazwa indi foto, igaragaza Gen Chiko Tshitambwe ari kumwe n’abandi ba ofisiye bo mu ngabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo, mu bice birimo kuberamo intambara, iki gisirikare gihanganyemo n’umutwe wa M23.

            MCN.
Tags: ButemboGenTshitambwe Chiko
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
M23 yasabye Abanyekongo kwirinda ibyo batangarizwa n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

M23 yasabye Abanyekongo kwirinda ibyo batangarizwa n'ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?