• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyagawe n’abaturage, kandi gibasabwa guhindura ingendo kugira gitsinde M23.

minebwenews by minebwenews
March 12, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cya leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyagawe n’abaturage, kandi gibasabwa guhindura ingendo kugira gitsinde M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba Gombo n’umugaba mukuru w’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo basabwe kuja kuba i Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni bikubiye mu ibarua yanditswe na Sosiyete sivile y’i Goma, bandikira ubutegetsi bwa Kinshasa, m’urwego rwo kugira ngo amahoro n’umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Ibisabwa na Sosiyete sivile yo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, babisabye mu gihe imirwano ikomeje kuja imbere hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ari nako ingabo za General Sultan Makenga zikomeje gutsinda FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi na SADC.

Iyo barua igira iti: “Bwana nyakubahwa perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ukaba n’umugaba mukuru wikirenga w’ingabo za FARDC, turasaba ko wohereza vuba minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba Gombo, n’umugaba mukuru w’Ingabo za RDC, bakaza gutura muri Kivu y’Amajyaruguru kugeza aho intambara izarangirira.”

Ikomeza igira iti: “Nti byari bikwiye ko ingabo z’igihugu zitsindwa na M23. Ariko kandi hagomba no kuba guhindura imirwanire y’igisikare cya FARDC, ibice byose bigenzurwa na M23 bikagaruka mu maboko y’ingabo za leta ya Kinshasa. Turasaba kandi ko urwego rw’u butasi muri FARDC, rwisubiraho, rugakora ibishoboka byose bagafata amakuru ahagije ku mwanzi kugira ngo habeho ku muhashya.”

Sosiyete sivile yanibukije ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi ko abaturage bo mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC ko burimunsi bari gukangurirwa kuyoboka M23 na Alliance Fleuve Congo.

Bityo ko bishobora kuzazana ingaruka ku baturage baturiye ibyo bice byo mu Burasirazuba bwa RDC, ahari bashobora kuziyunga n’inyeshamba.

Muri iyo barua kandi ivuga ko imyitwarire y’igisikare cya FARDC ishobora kuzagira ingaruka mbi ku bufatanye bw’abasevile n’abasirikare kubera Ibibazo by’u mutekano muke.

Ndetse iy’i Sosiyete sivile iribaza ikibura kugira ngo leta ya Kinshasa imareho intambara.

Aha bagize bati: “Leta ya Kinshasa y’aba yaragurishije u Burasirazuba bwa RDC! Habura iki ngo Guverinoma irangize intambara imaze imyaka myinshi muri iki gihugu?”

Sosiyete sivile, yanenze igisirikare cya Congo guhunga nta mirwano yigeze iba, bikitwa “repli strategique,” bavuze ko umwami wa Cheferie ya Bwito, bwana Kikandi lll, ko yahamije ko M23 y’injiye muri ibyo bice basanga ingabo za RDC zahunze mu byo bise ko birinze ko haribyinshi byari kwangirika(repli strategique).

Uru rwandiko barwanditse mu gihe mu minsi itarenze irindwi M23 y’igaruriye ibice byingenzi birenga icumi, harimo Nyanzale, ifite uduce tubonekamo amabuye y’agaciro, hari Rwindi akarere karimo parike ya Virunga ndetse n’ibindi bice byinshi bikungahaye ku burobyi.

               MCN.
Tags: CyagaweFardcGisabwa guhindura ingendo kugira gitsinde M23Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya CongoSosiyete sivile
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mu gihe kuri uyu wa Kabiri, ahaberaga imirwano mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hiriwe ituze, M23 iravugwa kugera muyandi ma teritware.

Mu gihe kuri uyu wa Kabiri, ahaberaga imirwano mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru hiriwe ituze, M23 iravugwa kugera muyandi ma teritware.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?