• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyagawe n’abaturage, kandi gibasabwa guhindura ingendo kugira gitsinde M23.

minebwenews by minebwenews
March 12, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cya leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyagawe n’abaturage, kandi gibasabwa guhindura ingendo kugira gitsinde M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba Gombo n’umugaba mukuru w’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo basabwe kuja kuba i Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni bikubiye mu ibarua yanditswe na Sosiyete sivile y’i Goma, bandikira ubutegetsi bwa Kinshasa, m’urwego rwo kugira ngo amahoro n’umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Ibisabwa na Sosiyete sivile yo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, babisabye mu gihe imirwano ikomeje kuja imbere hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ari nako ingabo za General Sultan Makenga zikomeje gutsinda FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi na SADC.

Iyo barua igira iti: “Bwana nyakubahwa perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ukaba n’umugaba mukuru wikirenga w’ingabo za FARDC, turasaba ko wohereza vuba minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba Gombo, n’umugaba mukuru w’Ingabo za RDC, bakaza gutura muri Kivu y’Amajyaruguru kugeza aho intambara izarangirira.”

Ikomeza igira iti: “Nti byari bikwiye ko ingabo z’igihugu zitsindwa na M23. Ariko kandi hagomba no kuba guhindura imirwanire y’igisikare cya FARDC, ibice byose bigenzurwa na M23 bikagaruka mu maboko y’ingabo za leta ya Kinshasa. Turasaba kandi ko urwego rw’u butasi muri FARDC, rwisubiraho, rugakora ibishoboka byose bagafata amakuru ahagije ku mwanzi kugira ngo habeho ku muhashya.”

Sosiyete sivile yanibukije ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi ko abaturage bo mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC ko burimunsi bari gukangurirwa kuyoboka M23 na Alliance Fleuve Congo.

Bityo ko bishobora kuzazana ingaruka ku baturage baturiye ibyo bice byo mu Burasirazuba bwa RDC, ahari bashobora kuziyunga n’inyeshamba.

Muri iyo barua kandi ivuga ko imyitwarire y’igisikare cya FARDC ishobora kuzagira ingaruka mbi ku bufatanye bw’abasevile n’abasirikare kubera Ibibazo by’u mutekano muke.

Ndetse iy’i Sosiyete sivile iribaza ikibura kugira ngo leta ya Kinshasa imareho intambara.

Aha bagize bati: “Leta ya Kinshasa y’aba yaragurishije u Burasirazuba bwa RDC! Habura iki ngo Guverinoma irangize intambara imaze imyaka myinshi muri iki gihugu?”

Sosiyete sivile, yanenze igisirikare cya Congo guhunga nta mirwano yigeze iba, bikitwa “repli strategique,” bavuze ko umwami wa Cheferie ya Bwito, bwana Kikandi lll, ko yahamije ko M23 y’injiye muri ibyo bice basanga ingabo za RDC zahunze mu byo bise ko birinze ko haribyinshi byari kwangirika(repli strategique).

Uru rwandiko barwanditse mu gihe mu minsi itarenze irindwi M23 y’igaruriye ibice byingenzi birenga icumi, harimo Nyanzale, ifite uduce tubonekamo amabuye y’agaciro, hari Rwindi akarere karimo parike ya Virunga ndetse n’ibindi bice byinshi bikungahaye ku burobyi.

               MCN.
Tags: CyagaweFardcGisabwa guhindura ingendo kugira gitsinde M23Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya CongoSosiyete sivile
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Mu gihe kuri uyu wa Kabiri, ahaberaga imirwano mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hiriwe ituze, M23 iravugwa kugera muyandi ma teritware.

Mu gihe kuri uyu wa Kabiri, ahaberaga imirwano mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru hiriwe ituze, M23 iravugwa kugera muyandi ma teritware.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?