• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo gikomeje kwa maganwa i Goma,nyuma y’uko bahohoteye umugore wo mu bwoko bw’Abatutsi.

minebwenews by minebwenews
March 26, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo gikomeje kwa maganwa i Goma,nyuma y’uko bahohoteye umugore wo mu bwoko bw’Abatutsi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kwa magana ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’inyuma yuko bakoreye ihohotera umugore uvuga ururimi rw’ikinyarwanda wo mu bwoko bw’Abatutsi uvuka mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Ni uyu munsi ku wa Kabiri, tariki ya 26/03/2024, umudamu wo mu bwoko bw’Abatutsi yafatiwe mu Mujyi wa Goma, akorerwa ihohoterwa n’ingabo z’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, harimo na Wazalendo ndetse na FDLR.

Ibi byagaragariye mu mashyusho, aho hari na video yerekanwe uwo mugore yambuwe ubusa acyunaguzwa n’igisirikare cy’iguhugu cya RDC.

Muri iyo video wabonaga uwo mudamu arimo kugenda yambaye uko yakabaye, nyuma yuko Wazalendo bari bamaze ku mukubita.

Imbuga nkoranyambaga harimo n’urubuga rwa Vive M23, nyuma yicyo gikorwa rwatanze ubutumwa bwa magana leta ya Kinshasa ndetse n’igisirikare cya mahanga gifasha FARDC kurwana.

Ubwo butumwa bugira buti: “Birababaje uburyo uyu mudamu yafashwe n’abi mu Mujyi wa Goma, azira ko avuga ururimi rw’ikinyarwanda. Yafatiwe i Goma, ahagenzurwa n’ingabo ibihumbi, nka MONUSCO, abacanshuro, SADC , Wazalendo, FARDC n’ingabo z’u Burundi, ndetse n’imiryango itegamiye kuri leta, ariko ntibakora ubutabazi.”

Urubuga Vive M23 rwa garagaje kandi ko ihohoterwa rikorerwa abaturage baturiye ibyo bice barikorerwa umunsi ku munsi, ariko ibyo ngo hakabura ababyamagana mu gihe haba hari n’imiryango mpuzamahanga.

Uru rubuga rukomeza ruvuga ko imibabaro ubwoko bw’Abatutsi bahura nayo itari gera yamaganwa na Dr Denis Mukwege watsindiye igihembo cya mahoro.

Yashoje asaba amahanga ku dacyeceka mu gihe hari ubwoko bumwe bukomeje guhohoterwa mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ubutumwa bwa tanzwe n’uru rubuga rwa Vive M23, rwa nasabye amahanga kutazagira icyo ruvuga ngo mugihe ingabo za AFC/M23 zizaba zafashe u Mujyi wa Goma.

Ruvuga ko mu gihe bacyecetse nti bakurikirane imibabaro abatutsi bakunze guhura nayo ko no mu gihe M23 yaramuka ifashe Goma kugira ngo ivane abatutsi mu kaga bakwiye kuza tuza.

                MCN.
Tags: FDLRGomaN'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya CongoUmugoreWazalendoYahohotewe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
UNOPS/PCAGL, ikora mu by’imihanda yasuye umuhanda uri gukorwa uhuza centre ya Baraka na Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, maze bashimira Neri ubihagarariye.

UNOPS/PCAGL, ikora mu by'imihanda yasuye umuhanda uri gukorwa uhuza centre ya Baraka na Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, maze bashimira Neri ubihagarariye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?