Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, kiri gutozwa ibyabafasha bagatsinsura umutwe wa M23, ugize igihe warabazengereje.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 14, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, kiri gutozwa ibyabafasha bagatsinsura umutwe wa M23, ugize igihe warabazengereje.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za SADC zikomeje guha imyitozo ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, mu rwego rwo kugira ngo barwanye M23.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, abasirikare b’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo bariguhererwa inyigisho zigamije gukomeza icyo gisirikare mu buryo bwo kugira bahashye abarwanyi ba M23.

Ku mbuga nkoranya mbaga hari kwerekwanwa n’amashusho agaragaza ingabo ziri mu butumwa bwiswe ‘SAMIDRC,’ bari gutoza FARDC kurasa ibibumda biremereye, ndetse bari gukora n’indi myitozo ya gisirikare itandukanye.

Ingabo zo mu muryango
ugamije iterambere ry’Afrika y’Amajy’epfo, SADC, abo hereje mu Burasirazuba bwa RDC, bagizwe n’ingabo za Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania.

Ubutumwa bwatanzwe n’umunyamabanga mukuru wa SADC, yavuze ko “ingabo za SADC ziri gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, imyitozo igamije guhashya umutwe wa M23.”

Ubwo butumwa buvuga kandi buti: “Nka bimwe mu bikubiye mu butumwa bwa SAMIDRC, bari guha imyitozo ingabo za FARDC mu bikorwa bitandukanye.”

Ubu butumwa bukomeza buvuga ko “iy’imyitozo igamije kuzamura urwego mu mirwanire ndetse n’imikoranire ya SADC.”

Ubutumwa bwa SADC muri RDC, bunashigikiwe n’umuryango w’Afrika yunze ubumwe, ninyuma y’uko uyu muryango utangaje ko ingabo za SADC zigomba guhabwa Ubufasha mu ntambara bahanganyemo na M23.

Kimweho mu Cyumweru gishize hari havuzwe ubwumvikane buke hagati ya FARDC n’ingabo za SADC, muri icyo gihe bya vuzwe ko hagaragaye n’abamwe mu basirikare ba SADC bari guhungira i Bukavu, k’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ayo makuru yavuga ko SADC ishinjwa gutererana FARDC ku rugamba, bigatuma M23 ikomeza kwigarurira indi mijyi, nka Nyanzale, Rwindi n’ahandi.

Hagati aho ubwoba nibwinshi ku baturage baturiye intara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’uko bashinje igisirikare cya Congo guhunga mu mijyi imwe n’imwe mu gihe M23 ibigeze hafi aho.

Muri imwe mijyi bivurwa ko FARDC yayihunze imirwano itaraba, hari Rwindi, Somikivu, Vitshumbi n’abandi.

            MCN.

      
Tags: FardcGutozaImyitozoSADC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Abaturage baturiye i kiyaga Tanganika, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bahangayikishijwe n’izamuka ry’amazi y’icyo Kiyaga.

Abaturage baturiye i kiyaga Tanganika, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, bahangayikishijwe n'izamuka ry'amazi y'icyo Kiyaga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?