Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cy’u Bufaransa kigiye gutoza abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, barwanira mu mashyamba.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 2, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cy’u Bufaransa kigiye gutoza abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, barwanira mu mashyamba.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yemereye leta ya Kinshasa, kuyitoreza igisirikare ku rwana.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni muri uru ruzinduko umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagiriye i Paris mu gihugu cy’u Bufaransa, nirwo Emmanuel Macron yemereye mu genzi we kuzamuha ubufasha bwo gutoza abasirikare be, ku byerekeye urugamba rurwanirwa mu ma shyamba.

Abakuru b’ibihugu byombi babashye no gukorana ikiganiro hamwe n’abanyamakuru, nyuma y’uko Emmanuel Macron n’umugore we Brigitte Macron bari bamaze kwakira neza Tshisekedi n’umugore we Denise Nyankeru.

Mu kiganiro n’abanyamakuru, Emmanuel Macron yavuze ko hari imishinga myinshi, igihugu cye kizakorana na Repubulika ya demokarasi ya Congo, harimo guteza imbere ibikorwa remezo, kubaka urugemero rw’amashanyarazi rwa Inga, guteza imbere ibidukikije n’ibindi.

Ikindi n’uko aba bakuru bi bihugu byombi, banagiranye ikiganiro mu muhezo, ari nabwo u Bufaransa bwemereye Congo ubufatanye mu by’u mutekano, umuco, uburezi no gutoza igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanira mu
mashyamba.

Ku rundi ruhande, Emmanuel Macron yatangaje ko yamaganye imitwe y’inyeshamba yose ibarizwa ku butaka bwa RDC, avuga kandi ko hadakwiye kubaho kwitana ba mwana ndetse anashimangiza umugambi w’amahoro wa Luanda nk’i gisubizo cy’u mutekano mucye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

         MCN.
Tags: Igisirikare cy'u BufaransaIngabo za FARDCZigiye gutozwaZirwanira mu mashyamba
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro rya AFC ryashize itangazo hanze ririmo ubusobanuro ku ntambara irimo kuba ubu vuba, hagati y’iryo huriro n’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Ihuriro rya AFC ryashize itangazo hanze ririmo ubusobanuro ku ntambara irimo kuba ubu vuba, hagati y'iryo huriro n'ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?