• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Igisirikare cy’u Burundi cyashinjwe gushimuta Abanyamulenge, kibajyana mu mutwe wa Gumino urwanya Twirwaneho na M23

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 6, 2025
in Conflict & Security
1
Ingabo z’u Burundi zashinze ibindi birindiro mu kandi gace ko muri Bibogobogo, havugwa n’icyo zigamije
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cy’u Burundi cyashinjwe gushimuta Abanyamulenge, kibajyana mu mutwe wa Gumino urwanya Twirwaneho na M23

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Amakuru yizewe aturuka mu bantu ba hafi y’impunzi zo mu nkambi ya Nyenkanda, mu ntara ya Ruyigi mu Burundi, yemeza ko Abanyamulenge batanu bashimuswe n’abasirikare b’u Burundi, bajyanwa ku ngufu mu misozi y’i Mulenge muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho bashyizwe mu mutwe wa Gumino ukorana n’igisirikare cy’u Burundi n’icya RDC kurwanya umutwe wa MRDP-Twirwaneho na M23.

Amakuru avuga ko mu ntangiriro z’iki cyumweru, imodoka y’igisirikare cy’u Burundi yaje iparika hafi y’inkambi ya Nyenkanda, ihita itwara abagabo batanu barimo abakuze babiri n’abahungu batatu bakiri bato.

Aba bagabo bajyanywe banyuze mu kigo cya gisirikare cya Kayongozi, nyuma bahuzwa n’Imbonerakure, urubyiruko rw’ishyaka rya CNDD-FDD rukunze kugarukwaho mu bikorwa bijyanye no guhungabanya umutekano.

Kimwecyo kugeza ubu, ntacyo ubuyobozi bw’u Burundi buratangaza kuri aya makuri, kandi nta tangazo rigufi ryasohowe na HCR cyangwa izindi nzego za Leta zirebana n’impunzi.

Nyuma yo kunyuzwa muri Kayongozi, bafashijwe kwinjira muri Congo, bajyanwa mu bice bya Bijombo, ahabarizwa umutwe wa Gumino uyobowe na Muningantama Kiyana, ni mu gihe hari undi mutwe wa Gumino uyobowe na Shyaka Nyamusaraba.

Abanyamulenge baduhaye aya makuru bavuga ko igikorwa cyo kujyana aba Banyamulenge mu mutwe wa Gumino kigamije kubakoresha mu mirwano yo kurwanya MRDP-Twirwaneho na M23, imitwe yombi igenzura ibice bya Mikenke, Minembwe, Rurambo, na Rugezi.

Bavuga kandi ko iki gikorwa cyakozwe mu bufatanye n’abanyamulenge babiri batuye mu Burundi, barimo Byiringiro Robert na Gasita, basanzwe bakorana bya hafi n’aba bayobozi ba Gumino.

Bagasaba ko aba bantu bagarurwa mu miryango yabo cyangwa bagashyirwa mu bikorwa bigamije amahoro aho gukoreshwa ku ngufu mu bikorwa bya gisirikare.

Tags: AbanyamulengeBijomboFDNBGuminoNyenkanda
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
MRDP-Twirwaneho yakoze impinduka mu buyobozi bwa gisirikare, ishyiraho ba Colonel ba Lieutenant-Colonel n’aba Major bashya

MRDP-Twirwaneho yakoze impinduka mu buyobozi bwa gisirikare, ishyiraho ba Colonel ba Lieutenant-Colonel n'aba Major bashya

Comments 1

  1. Rugenerwa Bigangu Jackson says:
    2 months ago

    Harya kiracyar’igisirikare cg nikijenesi?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?