• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cy’u Burundi, ngo cyaba cyiteguye gutera i Gihugu cy’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
January 30, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cy’u Burundi, ngo cyaba cyiteguye gutera i Gihugu cy’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma y’u Burundi yongeye ku runda Ingabo zabo ku mupaka uhuza icyo gihugu n’u Rwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’ibyatangajwe na minisitiri w’ingabo z’u Burundi, Alain Tribert Mutabazi, aho yemeje ayamakuru avuga ko Abasirikare b’igihugu cye boherejwe ku mupaka uhuza u Burundi n’u Rwanda.

Ibi yabivuze kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 30/01/2024, mu gihe yarimo agaragariza igihugu cye ibyo minisiteri ayoboye ibyo yagezeho muri uy’u mwaka urangiye w’ 2024.

Nk’uko ya bivuze yagize ati: “Abasirikare bacu, turimo ku bohereza k’u mupaka uhuza u Burundi n’u Rwanda, mu rwego rwo kurinda umuteno w’igihugu cyacu. Si Abasirikare bonyine bo herejwe k’u mipaka hubwo n’ibikoresho byinshi byamaze kugerayo.”

Yakomeje avuga ati: “U Burundi turi maso mu gihe u Rwanda rwa tugabaho igitero tuzabarwanya.”

Ibyo leta y’u Burundi ivuga bya navuzwe n’abaturage baturiye ibyo bice biherereye ku mipaka y’ibihugu byombi.

Aho bahamije ko mu Ntara ya Kirundo, hari kurundwa ib’i bunda biremereye kandi ko biteye ubwoba abaturage b’u Burundi.

Bya navuzwe ko ibice byashizwemo Abasirikare benshi b’u Burundi n’ibikoresho byinshi by’agisirikare ko ari muri Komine ya Ntenga, Bugabira na Busoni.

Usibye mu Ntara ya Kirundo yavuzwemo Ingabo ninshi z’u Burundi hari kandi n’i Ntara ya Kayanza na Cibitoki.

Ibi bibaye mu gihe tariki ya 11/01/2024, u Burundi bwa funze imipaka ihuza igihugu cyabo n’u Rwanda.

Nyuma y’ubu gato perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko Abanyarwanda biteguye kurinda umutekano w’igihugu cyabo. Avuga ko umuntu wese wagerageza guhungabanya Umutekano w’u Rwanda ko yabona akaga.

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, mbere y’uko perezida w’u Rwanda atangaza ibyo, yari yavugiye i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya RDC ko ashigikiye ku rwanya uwo mugenzi we Tshisekedi yise umwanzi.

Umubano w’u Rwanda n’u Burundi sibwo bwa mbere uzamba k’uko nahagana mu mwaka w ‘ 2015, byari bimeze nabi.

Bruce Bahanda.

Tags: Cyiteguye gutera u RwandaIgisirikare cy'u Burundi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yatangaje ko leta ye, itazigera ishikirana na Kigali.

Umukuru w'igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yatangaje ko leta ye, itazigera ishikirana na Kigali.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?