Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare n’igipolisi bya Repubulika ya demokarasi ya Congo, byibukijwe inshingano zabo zo kwihesha agaciro no kurinda umutekano w’abaturage.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 15, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare n’igipolisi bya Repubulika ya demokarasi ya Congo, byibukijwe inshingano zabo zo kwihesha agaciro no kurinda umutekano w’abaturage.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare na Polisi bya Repubulika ya demokarasi ya Congo, byibukijwe inshingano zabo zo kwihesha agaciro no kurinda umutekano w’igihugu cyabo.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni bikubiye mu butumwa bwatanzwe n’umugaba mukuru w’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, General Christian Tshiwewe, ubwo yari mu kiganiro mbwirizamuco, cyabaye kuri uyu wa mbere; kibereye i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

General Christian Tshiwewe Songesa yafashe ijambo maze atanga umuco ku ngabo na polisi ingendo bagomba kugaragariza abenegihugu.

Yagize ati: “Ba polisi namwe basirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, twese hamwe dufite inshingano zokubaha imyambaro twambara. Tugomba kubahiriza inshingano zacu, zo kurengera ubusugire bw’igihugu cyacu, kurinda abaturage n’imitungo yabo.”

Yashimangiye ibi agira ati: “Intego yacu ni ukutazigera duhemukira igihugu cyacu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Papa wacu ni perezida wa Repubulika witwa Félix Antoine Tshisekedi. Mama wacu ni iki gihugu cya RDC. Ntabwo tugomba guhemukira icyivugo cyacu.”

Ibi abivuze mu gihe ingabo za FARDC zishinjwa kwica no guhohotera abaturage, ndetse no gusahura imitungo yabo, mu mujyi wa Goma, aho mu minsi icumi nine ishize, hamaze gupfa abantu berenga 15. Aba bishwe na Wazalendo kubufatanye n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko bigize igihe bitangazwa aho hari n’abasirikare ba FARDC baheruka gukatirwa urwo gupfa nyuma y’uko bari bishe abaturage i Goma.

Ni mu gihe kandi umwaka ushize igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo na Polisi cyishe abaturage babarirwa 151 mu mujyi wa Goma, nyuma y’uko abo baturage bari bakoze imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana ingabo z’u muryango w’Abibumbye n’ingabo za EACRF zari muri icyo gihugu mu butumwa bwo ku bungabunga amahoro n’umutekano.

Ubwo bwicanyi bwakozwe ku itariki ya 30/08/2023.

Byibutsa kandi ko igisirikare cya Congo cyararebereye, Inka ibihumbi amagana by’Abanyamulenge binyagwa na Maï Maï, iki gisirikare ntikigire icyo gikora.

Tags: Byibukijwe inshingano zaboIgipolisiIgisirikare cya RDCKurinda umutekano wa baturageKwihesha agaciro
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Bamwe mu bayobozi bakuru bo mu ishyaka riri kubutegetsi muri RDC biyunze na AFC.

Bamwe mu bayobozi bakuru bo mu ishyaka riri kubutegetsi muri RDC biyunze na AFC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?