• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare n’igipolisi bya Repubulika ya demokarasi ya Congo, byibukijwe inshingano zabo zo kwihesha agaciro no kurinda umutekano w’abaturage.

minebwenews by minebwenews
April 15, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare n’igipolisi bya Repubulika ya demokarasi ya Congo, byibukijwe inshingano zabo zo kwihesha agaciro no kurinda umutekano w’abaturage.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare na Polisi bya Repubulika ya demokarasi ya Congo, byibukijwe inshingano zabo zo kwihesha agaciro no kurinda umutekano w’igihugu cyabo.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni bikubiye mu butumwa bwatanzwe n’umugaba mukuru w’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, General Christian Tshiwewe, ubwo yari mu kiganiro mbwirizamuco, cyabaye kuri uyu wa mbere; kibereye i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

General Christian Tshiwewe Songesa yafashe ijambo maze atanga umuco ku ngabo na polisi ingendo bagomba kugaragariza abenegihugu.

Yagize ati: “Ba polisi namwe basirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, twese hamwe dufite inshingano zokubaha imyambaro twambara. Tugomba kubahiriza inshingano zacu, zo kurengera ubusugire bw’igihugu cyacu, kurinda abaturage n’imitungo yabo.”

Yashimangiye ibi agira ati: “Intego yacu ni ukutazigera duhemukira igihugu cyacu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Papa wacu ni perezida wa Repubulika witwa Félix Antoine Tshisekedi. Mama wacu ni iki gihugu cya RDC. Ntabwo tugomba guhemukira icyivugo cyacu.”

Ibi abivuze mu gihe ingabo za FARDC zishinjwa kwica no guhohotera abaturage, ndetse no gusahura imitungo yabo, mu mujyi wa Goma, aho mu minsi icumi nine ishize, hamaze gupfa abantu berenga 15. Aba bishwe na Wazalendo kubufatanye n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko bigize igihe bitangazwa aho hari n’abasirikare ba FARDC baheruka gukatirwa urwo gupfa nyuma y’uko bari bishe abaturage i Goma.

Ni mu gihe kandi umwaka ushize igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo na Polisi cyishe abaturage babarirwa 151 mu mujyi wa Goma, nyuma y’uko abo baturage bari bakoze imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana ingabo z’u muryango w’Abibumbye n’ingabo za EACRF zari muri icyo gihugu mu butumwa bwo ku bungabunga amahoro n’umutekano.

Ubwo bwicanyi bwakozwe ku itariki ya 30/08/2023.

Byibutsa kandi ko igisirikare cya Congo cyararebereye, Inka ibihumbi amagana by’Abanyamulenge binyagwa na Maï Maï, iki gisirikare ntikigire icyo gikora.

Tags: Byibukijwe inshingano zaboIgipolisiIgisirikare cya RDCKurinda umutekano wa baturageKwihesha agaciro
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Bamwe mu bayobozi bakuru bo mu ishyaka riri kubutegetsi muri RDC biyunze na AFC.

Bamwe mu bayobozi bakuru bo mu ishyaka riri kubutegetsi muri RDC biyunze na AFC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?