• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Igitero ca Hamas, kuri Israel, co kw’itariki 07/10/2023, ngo gishobora gutuma habaho Intambara ya Gatatu y’Isi.

minebwenews by minebwenews
October 17, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kubera igitero ca Hamas, co kw’itariki 07/10/2023, ngo gishobora gutuma habaho Intambara ya Gatatu y’Isi?

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Craig Johnson, wo mu mujyi wa Skelmersdale mugihugu c’u Bwongereza, yavuze ko ngo mugihe Iran y’aba igiye mu ntambara mu buryo butaziguye, ibyo byatuma Amerika n’inshuti zayo na bo binjira mu ntambara mu buryo butaziguye? Ibyo bishobora gutuma habaho intambara ya gatatu y’isi.

Umwanditsi Jeremy Bowen, kuri ubu ari gutara amakuru mu majy’Epfo ya Israel, yashubije ati:

“Abanyamerika bohereje mu burasirazuba bw’inyanja ya Mediterane amato abiri y’intambara agwaho indege, mu guha ubutumwa bukomeye cyane Iran bwo kuzibukira (kutivanga).”

“Barimo kuvuga ko niba hari umuntu uwo ari we wese winjiye mu ntambara, azahahurira n’imbaraga z’igisirikare cy’Amerika, atari iz’igisirikare cya Israel gusa.”

“Kimwe mu biteye impungenge zikomeye mu Burasirazuba bwo Hagati ni Amerika n’inshuti zayo, n’Abanya-Iran n’inshuti zabo.”

“Impande zombi zizi ibyago bihari. Bivuye ku kuba intambara y’ubutita hagati y’izo mpande igahinduka intambara yeruye, yakwatsa umuriro ukaze watwika Uburasirazuba bwo Hagati ukagira ingaruka zikomeye ku isi.”

“Mu ntambara zo mu gihe cyashize, Israel yasezeranyije “gukubita Hamas bikomeye”, gusenya ubushobozi bwayo bwo kurasa ibisasu bya rokete muri Israel – harimo n’imiyoboro minini y’urusobe inyura munsi y’ubutaka.”

“Kuri iyi nshuro biratandukanye. Israel irimo gusezeranya “gusenya Hamas” – umutwe ivuga ko ukwiye kurimburwa, nk’umutwe wiyita Leta ya Kisilamu (IS).”

‘Israel ifite imbaraga za gisirikare zo gusenya ibikorwa-remezo bya Hamas, gusenya imiyoboro yayo, guca intege ubuyobozi bwayo n’inzego z’ubugenzuzi.”

“Ariko ntibizwi ingano y’ibyo Israel izi ku biyitegereje muri Gaza. Ubuhanga bwa gisirikare bwa Hamas, burimo no gusobanukirwa mu buryo bwimbitse inzego z’umutekano za Israel, bwatumye ishobora kuba inyaryenge kubarusha imenera mu bwirinzi bwa Israel, bituma Abanya-Israel bagwa mu kantu.”

“Birashoboka ko Hamas izaba ifite ubuhanga nk’ubwo igihe izaba ihanganye n’icyo izi ko kibaza ari igitero gikaze cyane cya Israel.”

“Abasirikare ba Israel bari mu bifaru by’intambara mu gace ko ku mupaka na Gaza, kandi bitandukanye n’umutwe wa IS, Hamas ni n’umutwe wa politiki kandi ujyanye n’imibereho, ushinze imizi muri sosiyete ya Palestine.”

“Igitero cya gisirikare gishobora gusenya imiterere yayo mu by’ubushobozi, ariko gukomeza umutsi kw’abaturage biyemeje gupfira ibyo baharanira, gushobora ahubwo kurushaho gukomera.”

Abasesenguzi bemeza ko hashobora kuba hari izindi mpamvu zitatangajwe kugira ngo ico gitero gikorwe.

Mbere y’icyo gitero, Israel na Saudi Arabia (Arabie Saoudite) bari bakataje (bageze kure) mu nzira yerekeza ku kugirana umubano mwiza.

Ibyo byamaganwe na Hamas na Iran iyishyigikiye. Abanya-Arabie Saoudite ubu babaye bahagaritse ibyo biganiro.

Ariko bishoboka ko hari hari ikindi kirenze ibyo.

Ubuyobozi bwa Hamas bugomba kuba bwarabonye gucikamo ibice muri sosiyete ya Israel kwatewe n’amavugurura yo mu rwego rw’ubucamanza yazanywe na guverinoma y’ubuhezanguni ya Minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu.

Hamas yashakaga gukubita ikababaza Israel – kandi ibyo yabigezeho.

By Bruce Bahanda.

Tags: Igitero ca Hamas co kw'itariki 07/10/2023Ngo gishobora gutuma haba intambara ya gatatu y'Isi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Joyeuse Ngirabakuzi na Mignone Mutoni, bongeye kugaruka mubabyeyi babo nyuma y'iminsi itatu bashimuswe na Mai Mai (Wazalendo).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?