• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Igitero cya Israel cyo kwihorera kuri Iran cyahawe urwamenyo.

minebwenews by minebwenews
October 26, 2024
in World News
0
Igitero cya Israel cyo kwihorera kuri Iran cyahawe urwamenyo.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igitero cya Israel cyo kwihorera kuri Iran cyahawe urwamenyo.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Ni igitero Israel yakoze ku mugoroba w’aherejo ku wa gatanu tariki ya 25/10/2024, aho yagikoze irasa ibisasu bya misili ku bigo byagisirikare byo muri Iran ariko ngo ntihagira ibyangirika nk’uko amakuru akomeje gutangazwa n’ibitangazamakuru bitandukanye.

Umuvugizi w’igisirikare cya Israel ari mubemeje iki gitero, aho yagize ati: “Ubu dushobora kwemeza ko twasoje igikorwa cyo kwihorera kwacu. Israel yagabye ibitero bisubiza ibyagabwe na Iran.”

Yunzemo kandi ati: “Twagabye ibitero simusiga kubigo bya gisirikare mu rwego rwo gukumira iterabwoba rya Iran.”

Abaturiye umurwa mukuru w’igihugu cya Iran, Tehran, bahaye urwamenyo icyo gitero cya Israel, ni mu gihe bumvikanye m’ubutumwa bw’amajwi bakomeje gutanga bakoresheje video, bavuga ko i Tehran hari umutekano wose, kandi ko hari n’abenegihugu batigeze bamenya amakuru yuko Israel yateye za misili mu gihugu cyabo.

Usibye nibyo, ngo nta n’umuturage wigeze aja kw’ihisha. Bamwe muri abo banyagihugu bagize bati: “Niba ari uku Israel yihoreye kuri Iran, ntabwo bisobanutse, na none kandi bafatanyije n’Abanyamerika, twebwe twabonye nta cyabaye pe! Nta n’igisasu nakimwe cyagize ibyo gikora ku butaka bwacu.”

Hagati aho, kuba Israel n’Amerika byakoze iki gitero kidakanganye, bishobora kuba batinye Iran ko ishobora kuzakora ibirenze muri Israel.

Ibyo binabaye mu gihe Amerika yari heruka guha inkunga mu byagisirikare ingana na biliyoni 8.7 z’amadolari y’Amerika, ndetse yongera ibaha n’izindi ndege z’intambara zikomeye.

Tubibutsa ko Iran igitero gikaze yagabye kuri Israel, yagikoze tariki ya 1/10/2024.

Tags: IgiteroIranIsraelKwihoreraUrwamenyo
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Umusaza uri muba kuze mu Banyamulenge yafunzwe na FARDC

Byiringiro wiyita umuvugizi w'Abanyamulenge, yamamaganwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?