• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Igitero cya Israel cyo kwihorera kuri Iran cyahawe urwamenyo.

minebwenews by minebwenews
October 26, 2024
in World News
0
Igitero cya Israel cyo kwihorera kuri Iran cyahawe urwamenyo.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igitero cya Israel cyo kwihorera kuri Iran cyahawe urwamenyo.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni igitero Israel yakoze ku mugoroba w’aherejo ku wa gatanu tariki ya 25/10/2024, aho yagikoze irasa ibisasu bya misili ku bigo byagisirikare byo muri Iran ariko ngo ntihagira ibyangirika nk’uko amakuru akomeje gutangazwa n’ibitangazamakuru bitandukanye.

Umuvugizi w’igisirikare cya Israel ari mubemeje iki gitero, aho yagize ati: “Ubu dushobora kwemeza ko twasoje igikorwa cyo kwihorera kwacu. Israel yagabye ibitero bisubiza ibyagabwe na Iran.”

Yunzemo kandi ati: “Twagabye ibitero simusiga kubigo bya gisirikare mu rwego rwo gukumira iterabwoba rya Iran.”

Abaturiye umurwa mukuru w’igihugu cya Iran, Tehran, bahaye urwamenyo icyo gitero cya Israel, ni mu gihe bumvikanye m’ubutumwa bw’amajwi bakomeje gutanga bakoresheje video, bavuga ko i Tehran hari umutekano wose, kandi ko hari n’abenegihugu batigeze bamenya amakuru yuko Israel yateye za misili mu gihugu cyabo.

Usibye nibyo, ngo nta n’umuturage wigeze aja kw’ihisha. Bamwe muri abo banyagihugu bagize bati: “Niba ari uku Israel yihoreye kuri Iran, ntabwo bisobanutse, na none kandi bafatanyije n’Abanyamerika, twebwe twabonye nta cyabaye pe! Nta n’igisasu nakimwe cyagize ibyo gikora ku butaka bwacu.”

Hagati aho, kuba Israel n’Amerika byakoze iki gitero kidakanganye, bishobora kuba batinye Iran ko ishobora kuzakora ibirenze muri Israel.

Ibyo binabaye mu gihe Amerika yari heruka guha inkunga mu byagisirikare ingana na biliyoni 8.7 z’amadolari y’Amerika, ndetse yongera ibaha n’izindi ndege z’intambara zikomeye.

Tubibutsa ko Iran igitero gikaze yagabye kuri Israel, yagikoze tariki ya 1/10/2024.

Tags: IgiteroIranIsraelKwihoreraUrwamenyo
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Umusaza uri muba kuze mu Banyamulenge yafunzwe na FARDC

Byiringiro wiyita umuvugizi w'Abanyamulenge, yamamaganwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?