• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igitero cy’ingabo za Israel mu Ntara ya Gaza, cyahitanye abantu benshi kandi bo mu muryango umwe.

minebwenews by minebwenews
August 18, 2024
in Regional Politics
0
Igitero cy’ingabo za Israel mu Ntara ya Gaza, cyahitanye abantu benshi kandi bo mu muryango umwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igitero cy’ingabo za Israel mu Ntara ya Gaza, cyahitanye abantu benshi kandi bo mu muryango umwe.

You might also like

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Ni igitero ingabo za Israel za koze cyo mu kirere mu Ntara ya Gaza, kikaba cyasize gihitanye abantu 18 bakomoka mu muryango umwe.

Iki gitero, Ingabo za Israel zakigabye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 17/08/2024, kandi gikorwa mu gihe hari icyizere ko Israel yakumvikana n’abo bahanganye, nk’uko abahuza barimo babigerageza.

Binavugwa kandi ko iki gitero kocyasize gisenye inzu n’ububiko bwari buyegereye bucumbitsemo abarenga 40 bakuwe mu byabo n’intambara mu marembo y’umujyi wa Zawaida, inkomere zihita zijyanwa mu bitaro bya Al-Aqsa Martyr Hospital mu gace ka Deir al-Balah.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko mu bahitanywe n’iki gitero harimo Sami Jawad al-Ejlah wajyaga akorana n’ingabo za Israel mu kugemura inyama n’amafi muri Gaza. Harimo kandi abagore be babiri, abana babo 11 bafite imyaka iri hagati y’ibiri na 22, nyirakuru w’aba bana n’abandi batatu bo mu muryango wabo.

Ingabo za Israel zatangaje ko iki gitero cyagabwe ku nyubako z’abaterabwoba ziri mu mujyi rwagati wa Gaza, aho ibisasu bya rutura byarasiwe byerekeza kuri Israel mu byumweru bishize.

Umuvugizi w’igisirikare cya Israel Avichay Adraee, yatangaje ko abatuye mu gace ka Maghazi na bo bakwiye guhunga ngo kuko hari ibisasu byenda kuhaterwa.

Magingo aya abarenga 84% byabatuye muri Gaza bakuwe mu byabo n’intambara.

Abahuza muri iyi mirwano ishyamiranije Israel n’umutwe wa Hamas, barimo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Misiri na Qatar bari basohoye itangazo bavuga ko nyuma y’ibiganiro by’iminsi ibiri bateganya gutegura ibirambuye byakubahirizwa mu bihe by’agahenge.

Kandi muri ibi biganiro hagamijwe ko hazasabwa Abanya-israeli bafashwe bugwate barekurwe, ndetse n’iyi ntambara imaze kugwamo abantu babarirwa mu bihumbi 40 birenga ihagarara, kugira ngo hanabashe gukurikiranwa icyorezo cy’imbasa cyatangiye kuboneka muri aka gace.

           MCN.
Tags: GazaIDFIgitero
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe ibibazo by’ingenzi umuntu muzima akwiye kujya yibazaho.

Hagaragajwe ibibazo by'ingenzi umuntu muzima akwiye kujya yibazaho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?