• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, December 1, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Igitero cy’u Burusiya muri Ukraine cyaguyemo benshi.

minebwenews by minebwenews
April 14, 2025
in World News
0
Igitero cy’u Burusiya muri Ukraine cyaguyemo benshi.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igitero cy’u Burusiya muri Ukraine cyaguyemo benshi.

You might also like

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Leta ya Ukraine yashinje Ingabo z’u Burusiya kugaba igitero ku baturage babo kikagihitana 32 abandi muri bo 84 barimo abana n’abagore bagikomerekeramo.

Ni amakuru yatanzwe n’inzego z’umutekano za Ukraine, aho zagaragaje ko icyo gitero cyagabwe mu majyaguru ashyira u Burasizuba bwa Ukraine, mu gitondo cyo ku cyumweru tariki ya 13/04/2025.

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yahise ahamagarira amahanga kugira icyo akora.

Yagize ati: “Iki gitero cy’ibi bisasu byo mu bwoko bwa misili cyibasiye umuhanda usanzwe utuwe n’abantu mu buzima busanzwe.”

Ibisasu bibiri byo mu bwoko bwa misili byoherejwe muri uyu mujyi byaguye mu gace karimo kaminuza yo muri Summy n’inyubako yakira inama zitandukanye.

Ubuyobozi bwo muri Ukraine bwabwiye itangazamakuru ko atari ibyo byangiritse gusa, ahubwo izindi nyubako 20 zangiritse harimo ibigo by’amashuri bine, Imodoka 10, gari ya mashi, amaduka, Restaurant ndetse n’izindi nyubako 5 zituwemo n’abantu nabyo byangiritse.

Perezida Zelensky yahise ahamagarira ibihugu bikomeye kugira icyo bikora ku Burusiya bukomeje kohereza ibisasu bya kirimbuzi mu mijyi ituwemo n’abantu.

Ati: “Leta Zunze ubumwe z’Amerika, u Burayi, ndetse n’ibindi bihugu byose byo ku isi byifuza ko iyi ntambara yarangira ndetse n’ubu bwicanyi.

Hagataho, bivugwa ko u Burusiya bwifuza cyane gukomeza ibi bitero bimeze nk’ibyiterabwoba, ndetse kandi ngo ntibwifuza kuva muri iyi ntambara. Muri ubwo buryo, harasabwa ko amahanga yotsa igitutu u Burusiya bugahagarika ibyo bitero, ubundi kandi bukava muri iyi ntambara.

Tubibutsa ko intambara u Burusiya bwashoye kuri Ukraine imaze imyaka itatu, kuko bwayitangije mu kwezi kwa kabiri ku mwaka wa 2022.

Tags: IgiteroU BurusiyaUkraine
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

by Bahanda Bruce
November 12, 2025
0
Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi  Netanyahu

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yandikiye Perezida wa Israel, Isaac Herzog, amwibutsa ko yagombye...

Read moreDetails

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo Ku wa 11/11/ 1918, ku isaha ya saa tanu z’amanywa (11:00), isi yose yahagaritse umutima ubwo...

Read moreDetails

Perezida wa Israel Herzog yageze i Kinshasa, yakirwa na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Perezida wa Israel Herzog yageze i Kinshasa, yakirwa na Tshisekedi

Perezida wa Israel Herzog yageze i Kinshasa, yakirwa na Tshisekedi Perezida w’igihugu cya Israel, Isaac Herzog, yageze i Kinshasa kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 11/11/2025, mu ruzinduko...

Read moreDetails

Abantu batari bake bahitanywe n’iturika rikomeye ryabereye i Islamabad, abandi barakomereka

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Abantu batari bake bahitanywe n’iturika rikomeye ryabereye i Islamabad, abandi barakomereka

Abantu batari bake bahitanywe n’iturika rikomeye ryabereye i Islamabad, abandi barakomereka Mu murwa mukuru wa Pakistan, Islamabad, habaye iturika rikomeye ryibisasu ryahitanye abantu 12, abandi 20 barakomereka, nk’uko...

Read moreDetails
Next Post
Government Forces Launch Major Assault on AFC/M23 Near Goma

Hamenyekanye uko byagendeye uwakoze video avuga ko yafashe Kavumu ndetse ko yanabaye guverineri wa Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?