• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Igitero cy’u Burusiya muri Ukraine cyaguyemo benshi.

minebwenews by minebwenews
April 14, 2025
in World News
0
Igitero cy’u Burusiya muri Ukraine cyaguyemo benshi.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igitero cy’u Burusiya muri Ukraine cyaguyemo benshi.

You might also like

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Leta ya Ukraine yashinje Ingabo z’u Burusiya kugaba igitero ku baturage babo kikagihitana 32 abandi muri bo 84 barimo abana n’abagore bagikomerekeramo.

Ni amakuru yatanzwe n’inzego z’umutekano za Ukraine, aho zagaragaje ko icyo gitero cyagabwe mu majyaguru ashyira u Burasizuba bwa Ukraine, mu gitondo cyo ku cyumweru tariki ya 13/04/2025.

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yahise ahamagarira amahanga kugira icyo akora.

Yagize ati: “Iki gitero cy’ibi bisasu byo mu bwoko bwa misili cyibasiye umuhanda usanzwe utuwe n’abantu mu buzima busanzwe.”

Ibisasu bibiri byo mu bwoko bwa misili byoherejwe muri uyu mujyi byaguye mu gace karimo kaminuza yo muri Summy n’inyubako yakira inama zitandukanye.

Ubuyobozi bwo muri Ukraine bwabwiye itangazamakuru ko atari ibyo byangiritse gusa, ahubwo izindi nyubako 20 zangiritse harimo ibigo by’amashuri bine, Imodoka 10, gari ya mashi, amaduka, Restaurant ndetse n’izindi nyubako 5 zituwemo n’abantu nabyo byangiritse.

Perezida Zelensky yahise ahamagarira ibihugu bikomeye kugira icyo bikora ku Burusiya bukomeje kohereza ibisasu bya kirimbuzi mu mijyi ituwemo n’abantu.

Ati: “Leta Zunze ubumwe z’Amerika, u Burayi, ndetse n’ibindi bihugu byose byo ku isi byifuza ko iyi ntambara yarangira ndetse n’ubu bwicanyi.

Hagataho, bivugwa ko u Burusiya bwifuza cyane gukomeza ibi bitero bimeze nk’ibyiterabwoba, ndetse kandi ngo ntibwifuza kuva muri iyi ntambara. Muri ubwo buryo, harasabwa ko amahanga yotsa igitutu u Burusiya bugahagarika ibyo bitero, ubundi kandi bukava muri iyi ntambara.

Tubibutsa ko intambara u Burusiya bwashoye kuri Ukraine imaze imyaka itatu, kuko bwayitangije mu kwezi kwa kabiri ku mwaka wa 2022.

Tags: IgiteroU BurusiyaUkraine
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n'ibyo akivugaho Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko atashimishijwe n'ifoto ikinyamakuru cya "Time Magazine" cyakoresheje kimuvugaho...

Read moreDetails

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails
Next Post
Government Forces Launch Major Assault on AFC/M23 Near Goma

Hamenyekanye uko byagendeye uwakoze video avuga ko yafashe Kavumu ndetse ko yanabaye guverineri wa Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?