• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

minebwenews by minebwenews
June 13, 2025
in World News
0
Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

You might also like

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Abayobozi b’Ingabo muri Iran baguye mu gitero gikomeye cyagabwe n’igisirikare cya Israel muri icyo gihugu.

Ni igitero Israel yagabye mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatanu tariki ya 13/06/2025, gisiga gihitanye abarimo n’umugaba mukuru w’Ingabo za Iran, Hossein Salami.

Amakuru avuga ko kiriya gitero ko cyahitanye abasirikare bakuru ba Irana ndetse n’abasivili bari aho ibyo byabereye.

Televisiyo ya Iran yatangaje ko umugaba mukuru w’Ingabo z’iki gihugu, Hossein Salami, Gholamali Rashid, wayoboraga ikigo cyitwa Khatam-Al Anbiya, Fereydoon Abbasi wari umuhanga mu bya nucleaire, akaba yarayoboye umuryango ushinzwe ingufu za nucleaire muri Iran, na Mohammad Mahadi Tehranchi na we wari umuhanga mu bya nucleaire yari no muri gahunda za Iran zo kugera ku ntwaro kirimbuzi, ni bo bahitanwe n’icyo gitero.

Abandi byemejwe ko bapfuye barimo Mohammad Baghei, umugaba mukuru w’Ingabo za Iran zirwanira ku butaka , na Ali Shamkhani, akaba yari umujyanama w’umuyobozi w’ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei.

Iran yahise inatangaje ko Israel igiye kubona igisubizo gikarishye.

Iki gihugu cyagabwemo icyo gitero, gishinja Leta Zunze ubumwe z’Amerika gushigikira Israel, ndetse kikavuga ko yayifashije cyane kugira ngo igabe iki gitero.

Ni mu gihe Leta Zunze ubumwe z’Amerika, mbere yuko iki gitero kigabwa muri icyo gihugu, yari yacyuye abakozi badakenewe cyane muri ambasade yayo iri muri Irak. Ubundi kandi perezida Donald Trump yari yatangaje ko mu gihe Israel yotera Iran hashobora kubaho kwihimura kubikorwa bya Amerika biri mu karere Iran iherereyemo.

Tags: IgiteroIranIsrael
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n'ibyo akivugaho Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko atashimishijwe n'ifoto ikinyamakuru cya "Time Magazine" cyakoresheje kimuvugaho...

Read moreDetails

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru yateye icyikango abatuye i Kaziba.

Ingabo za RDC zizindutse zikora igikorwa kigaragaza ko zishaka gutera mu duce tw'i Mulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?