• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ihuriro rya AFC ryagize icyo rivuga kuri perezida Emmanuel Macron uri mu myiteguro yo kwakira Tshisekedi Tshilombo, uwo bise umujenosideri.

minebwenews by minebwenews
April 28, 2024
in Regional Politics
0
Ihuriro rya AFC ryagize icyo rivuga kuri perezida Emmanuel Macron uri mu myiteguro yo kwakira Tshisekedi Tshilombo, uwo bise umujenosideri.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro rya AFC ryagize icyo rivuga kuri perezida Emmanuel Macron uri mu myiteguro yo kwakira umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo uwo bise umujenosideri.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni bikubiye mu ibarua yandikiwe perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, aho muriyo barua abazwa ukuntu igihugu gikomye cy’u Bufaransa kirimo kuja kwa kira Tshisekedi uzwiho guhonyara uburenganzira bwa muntu.

Iy’i barua igira iti: “Muri iki gihe tubona demokarasi yo mu gihugu cyacu uko ihagaze. Tuba twiteze ubufasha buva mu bihugu bikomeye birimo n’u Bufaransa.

Dufite ubwoba ko u Bufaransa busa n’ubwabuze icyerekezo ku mateka mabi akorerwa mu bihugu by’Afrika harimo na Congo Kinshasa.”

“Kuri ubu turibaza niba u Bufaransa bw’u baha uburenganzira bwa muntu! Ni ba bw’u baha uburenganzira bwa muntu nigute bwa kwakira cyangwa ngo buvugane n’umuyobozi uhonyora uburenganzira bwa baturage be?”

Ibarua ikomeze igira iti: “Nigute u Bufaransa bwa kumva bworohewe kuramburira itapi itukura umuyobozi uzwiho gukorera abaturage be ihohoterwa rikomeye.”

Muri iy’i barua batanze urugero bagaragaragaza ko u Bufaransa buheruka gusaba imbabazi kuri genocide yakorewe Abatutsi, iki gihugu cyari gifite ubushobozi ariko nticyabasha kuyihagarika.

Ati: “Vuba aha, u Bufaransa bwicujije kuba butaragize uruhare mu gukumira genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ariko ubwo Bufaransa bugiye kwa kira Tshisekedi Tshilombo ufite amaraso mu biganza bye, kandi akorana byahafi n’Interahamwe/FDLR. Tshisekedi niwe nyirabayazana w’u bwicanyi bukorerwa Abanyamulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Abatutsi bo muri Congo Kinshasa n’Abahema bo mu Ntara ya Ituri.”

Ibarua yanditswe na AFC isoza isaba perezida Emmanuel Macron kurekana n’inkoramaraso ziri nka perezida Félix Tshisekedi.

Ati: “Bwana perezida Emmanuel Macron, ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC), riragusaba kuva mu kwivuguruza. Tandukana n’indyandya zuzuye amaraso, icyaha cy’itsembabwoko n’icyaha kigomba kwa maganwa. Nta nyungu nimwe u Bufaransa bufite ku gukorana na bajenosideri.”

          MCN.
Tags: Emmanuel MacronIhuriro rya AFCKutakira Tshisekedi TshilomboRyandikiyeUmujenosideri
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
M23 yanyomoje amakuru ya radio okapi avuga ko yateye ibisasu muri Kibirizi bigasiga bihitanye abasivile.

M23 yanyomoje amakuru ya radio okapi avuga ko yateye ibisasu muri Kibirizi bigasiga bihitanye abasivile.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?