• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ihuriro rya AFC ryashize itangazo hanze ririmo ubusobanuro ku ntambara irimo kuba ubu vuba, hagati y’iryo huriro n’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
May 2, 2024
in Regional Politics
0
Ihuriro rya AFC ryashize itangazo hanze ririmo ubusobanuro ku ntambara irimo kuba ubu vuba, hagati y’iryo huriro n’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro rya AFC ryashize itangazo hanze ririmo ubusobanuro ku ntambara irimo kuba ubu vuba, hagati y’iryo huriro n’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni itangazo basohoye kuri uyu wa Kane, tariki ya 2/05/2024, rikaba riteweho umukono n’u muvugizi waryo mu bya politiki, Lawrence Kanyuka.

Iri tangazo rigaragaza ko ryandikiwe i Bunagana, muri teritware ya Rutshuru, ahazwi nk’u murwa mukuru wa politiki, mu bice bimaze kwigarurirwa n’ingabo zo muri iryo huriro za M23.

Iritangazo, ritangira rivuga ko impamvu M23 irimo kurwana byavuye ku bitero byinshi bari bakomeje kugabweho n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Rikavuga ko ibyo bitero babigabweho hakoreshejwe imbunda ziremereye za FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro na SADC, bityo, ibyo bitero bikaba byaragiye bibangamira abaturage baturiye uturere twa Mushaki, Karuba, Kagundu, ndetse no mu nkengero zaho.

Rikomeza rivuga ko ibyo byatumye ARC ihitamo kwirwanaho no kurwanirira abaturage.

Iritangazo rinavuga ko ingabo z’impinduramatwara z’Abanyekongo (ARC) nyuma yuko zihutiye guhagarika ibyo bitero, zahise zinakurikirana umwanzi mu birindiro byiwe, cyane cyane mu turere dukikije Kabushumba, Gatama na Mufunzi.

Itangazo rya AFC rivuga kandi ko, mu Cyumweru gishize, iryo huriro ryari ryamaganye ko muri utwo turere hari gutegurwa genocide, iteguwe n’ingabo z’u Burundi, FDLR, n’inyuma y’uko hari habaye imyitozo ikomeye yarimo ikorwa n’imbonerakure z’u Burundi, aho zarimo zitoza Wazalendo kwica bucece abaturage ba basivile bo mu bwoko bw’Abatutsi bo muri teritware ya Masisi.

Iritangazo kandi rya nibukije abasivile bagiye bakurwa mubyabo n’intambara ko ingabo za leta ya Kinshasa, arizo zirinyuma y’umutekano muke, ubwicanyi, gutoteza, gusenya no kw’iba imitungo y’abaturage.

AFC ikavuga ko yo, yaje kubohoza no kurinda abaturage.

Mu byongeyeho, iri tangazo risoza rivuga ko ihuriro rya AFC riri gukora ibishoboka byose ngo rigarure amahoro n’umutekano kugira ngo abahunze bongere batahe, ndetse ko uyu muryango urwanya ivangura hubwo ukaba ushaka kubaka Congo nziza.

            MCN.
Tags: AFCRisobanura intambara barimoWashize itangazo hanze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Mu minsi ibiri gusa, M23 imaze gufata ibice byinshi, harimo ko havuzwe n’Ingabo zihuriro rya leta ya Kinshasa, abamaze kuhasiga ubuzima.

Mu minsi ibiri gusa, M23 imaze gufata ibice byinshi, harimo ko havuzwe n'Ingabo zihuriro rya leta ya Kinshasa, abamaze kuhasiga ubuzima.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?