• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ihuriro ry’ingabo za Congo mu gitero zagabye ahatuwe n’Abanyamulenge zakibabarijwemo.

minebwenews by minebwenews
April 16, 2025
in Conflict & Security
0
Ihuriro ry’ingabo za Congo mu gitero zagabye ahatuwe n’Abanyamulenge zakibabarijwemo.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’ingabo za Congo mu gitero zagabye ahatuwe n’Abanyamulenge zakibabarijwemo.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Igitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye mu Mikenke zagiherewemo isomo rikaze n’umutwe wa Twirwaneho kubufatanye n’uwa M23, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Aha mu Mikenke ihuriro ry’ingabo za Congo zagabye igitero muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 16/04/2025, zikagikubitirwamo haherereye muri secteur ya Itombwe muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y’amajyepfo.

Ni gice kandi gisanzwe gituwe cyane n’Abanyamulenge n’ubwo n’Ababembe bagituyemo ariko si benshi nk’Abanyamulenge.

Mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka wa 2025, nibwo iki gice cya Mikenke cyabohojwe na Twirwaneho nyuma y’imirwano ikomeye yasize uyu mutwe ucyirukanyemo ingabo za Congo n’ingabo z’u Burundi zakibagamo.

Mikenke iherereye mu ntera y’ibirometero bibarirwa mu icenda uvuye mu i centre ya Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.

Ahagana isaha ya saa moya n’igice zo muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatatu ni bwo iri huriro ry’ingabo za Congo zahagabye igitero, Twirwaneho na M23 babisubiza inyuma ndetse amakuru akavuga ko ririya huriro ryakibabarijwemo cyane.

Nk’uko aya makuru abisobanura avuga ko kiriya gitero cyari ririya huriro ry’ingabo za Congo ririmo FARDC, FDLR ingabo z’u Burundi na Wazalendo, cyagiye kuhagabwa gisanga abarwanyi ba Twirwaneho na M23 bari maso, ari naho havuye imbarutso yo kubabaza abakigabye.

Aya makuru akomeza avuga kuri ubu cyasubijwe n’ubundi iyo cyaje kiva mu bice byo mu Cyohagati. Usibye kuba iri huriro ryasubijwe inyuma, ryanagitakarijemo abasirikare benshi aho intumbi zabo zatakaye muri icyo gice barwaniyemo zibarirwa mu mirongo.

Iki gitero kije gikurikira ibindi iri huriro ry’ingabo za Congo ziheruka kugaba mu bice bya Kalingi na Gakangala. Ni ibitero uyu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 byarangiye ubisubije inyuma.

Usibye ko no mubusanzwe uyu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 nta bitero uragabwaho nguneshwe, kuko uhora uhasha iri huriro ry’ingabo za Congo zibibagabaho.

Tags: AbanyamulengeIgiteroMikenke
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
M23 Launches Major Offensive Near Goma, Targets Congolese Army and FDLR Strongholds

M23 Launches Major Offensive Near Goma, Targets Congolese Army and FDLR Strongholds

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?