• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ihuriro ry’ingabo za Congo ryagabye ibitero mu mihana ituwe n’Abanyamulenge ahazwi nk’i Mulenge.

minebwenews by minebwenews
March 19, 2025
in Regional Politics
0
I Fizi: Mai-Mai iri mugahinda gakomeye nyuma yuko uwari umuyobozi wayo aryamiye ukuboko kwa bagabo.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’ingabo za Congo ryagabye ibitero mu mihana ituwe n’Abanyamulenge ahazwi nk’i Mulenge.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ihuriro ry’ingabo rirwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo ryazindutse rigaba ibitero mu mihana y’Abanyamulenge ahazwi nk’i Mulenge, birangira Twirwaneho irwana ku baturage ibisubije inyuma, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni huriro rigizwe n’ingabo za Congo, ririmo FARDC, FDLR, FDNB na Wazalendo n’indi mitwe yitwaje intwaro ishamikiye kuri Wazalendo.

Ahagana isaha ya saa kumi z’urukerera rwo kuri uyu wa gatatu tariki ya 19/03/2025, ni bwo ririya huriro ryagabye ibitero mu mihana ituwe n’Abanyamulenge.
Amasoko yacu atandukanye avuga ko ibyo bitero byagabwe mu muduce two muri Mikenke ho muri teritware ya Mwenga, Muliza na Gakangala nabyo biherereye muri komine ya Minembwe ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Nk’uko aya masoko ya Minembwe Capital News atandukanye abivuga, agaragaza ko igitero cyagabwe mu bice byo mu Mikenke, cyarikigizwe n’ingabo z’u Burundi(FDNB) iza Congo(FARDC), FDLR na Wazalendo, kandi ko Twirwaneho yagishubije inyuma, ndetse ngo uru ruhande rwa Leta rukibabariramo kuko rwagitakarijemo ingabo zibarirwa mu mirongo.

Ni mu gihe kandi aya masoko yacu ahamya ko abagize iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ari nabo bateye mu duce turi munkengero za Minembwe, i Gakangala na Muliza, ariko ko Twirwaneho irwanirira abaturage yabashe nabyo kubisubiza inyuma.

Kuri ubu intambara iri kubera mu duce twaturutsemo ibyo bitero, kuko Twirwaneho yakomeje kwirukana iryo huriro ry’ingabo za Leta. Ni mu gihe uwateye i Gakangala na Muliza bari ku mu rasira mu Bikarakara naho uwateye mu Mikenke yagejejwe mu Rwitsankuku, ari naho bari kurwanira aka kanya.

Kugeza ubu Twirwaneho ibarizwa muri AFC ya Corneille Nangaa, iragenzura igice cyose cya komine ya Minembwe na Mikenke yahoze ari ndiri y’ingabo z’u Burundi na FDLR.

Mu gihe ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta naryo rigenzura ibice byo mu Cyohagati, i Ndondo ya Bijombo n’inzira iva aha ku Ndondo imanuka i Uvira.

Iri huriro ry’ingabo za Congo ryagabye ibyo bitero mu gihe perezida Felix Tshisekedi wa RDC na Paul Kagame w’u Rwanda baraye bemezanyije kumara intambara mu Burasizuba bwa Congo, mu biganiro bidasanzwe bahuriyemo imbonankubone i Doha muri Qatar.

Aba bakuru b’ibihugu byombi baherukaga guhura imbonankubone ku kibazo cy’umutekano muke muri RDC mu kwezi kwa cenda umwaka wa 2022 i New York muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, bahujwe na perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron.
U Rwanda, RDC irushinja gutera inkunga umutwe wa m23 rukabihakana hubwo rugashinja iyi Leta y’i Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Ariko na Kinshasa ihakana gukorana n’umutwe wa FDLR nubwo hari abategetsi b’iki gihugu bagiye babyemerera Loni, nk’uko uyu muryango mpuzamahanga wagiye ubishyira mu byegeranyo byawo bitandukanye.

Tags: IbiteroIhuriro ry'ingabo za CongoImihana y'AbanyamulengeMinembwe
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post

EU Sanctions Prompt M23 to Pull Out of DR Congo Peace Negotiations

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?