
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 23/11/2023, hongeye kubera i mirwano mukarere ka Mweso,homuri Cheferie ya Bashili, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
N’imirwano yazindutse ihuza u mutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner, Imbonerakure z’u Burundi na Wazalendo.
Nk’uko ay’amakuru yemezwa n’u muturage uturiye ibyo bice yabwiye Minembwe Capital News ko bariya Wazalendo n’ingabo za RDC n’abambari babo kwaribo bongeye kugaba ibitero muri Mweso agace M23 y’igaruriye k’u munsi w’ejo hashize tariki ya 22/11/2023, ikambuye ririya huriro ry’ingabo za Kinshasa.
Iy’imirwano byavuzwe ko y’umvikanye mo urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito. Gusa z’iriya Ngabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa zaje kuyabangira ingata aho ndetse baje no kwambura n’utundi duce two muri Mweso nka Mbuhi na Kashuga.
Bruce Bahanda.
Synthèse yanyu y’inyuma niyo iba irimo amakuru. Naho imbere ho mutaha sondeka…, muzajye mushyiramo développement ihagije.
Tubaha comment ariko nta gihinduka.
.kubera iki?