• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa zongeye gukubitwa inshuro, zikubiswe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
April 30, 2024
in Regional Politics
0
Umutwe wa M23 wa maganye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, rya gabye ibitero biremereye mu baturage, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za perezida Félix Tshisekedi Tshilombo za kubiswe inshuro kuri uy’u wa Kaburi, tariki ya 30/04/2024 zikubiswe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (m23).

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Bikubiye mu butumwa bwa tanzwe n’umuvugizi wa m23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, aho yakoresheje urubuga rwa x, atangaza ko muri iki gitondo cyo kuri uy’u munsi, igihe c’isaha ya saa kumi nebyiri ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa zagabye ibitero mu baturage ariko ingabo za M23 zikaza kurwanirira abaturage bakoresheje ubuhanga bwa gisirikare.

Kanyuka yavuze ko kandi ibyo bitero byari byagabwe mu bice bya Karuba, Mushaki, Kagundu no mu nkengero zaho, ho muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo za RDC, zagabye ibitero mu turere dutuwe cyane, kandi ibi bitero by’ibasiriye abasivile cyane.”

Yakomeje avuga ko ingabo z’impinduramatwara zo mu mutwe wa ARC/M23 zakoze ibishoboka byose zirwana ku baturage n’ibyabo, ndetse agaragaza ko igisirikare cya leta ya Kinshasa cya neshejwe mu buryo bwose, haba mu rugamba no kurinda igihugu.

Ati: “Twabivuze inshuro nyinshi ko ingabo za RDC zananiwe gufasha abaturage ahubwo zihitamo kubateza akaga.”

Kanyuka yanashimangiye ko ingabo zabo zo zizakomeza kurinda abaturage n’ibyabo.

Muri iy’i mirwano yabaye kuri uyu wa Kabiri, M23 yongeye kwa mbura imbunda ziremereye n’ibindi bikoresho bya gisirikare, ibyambura ihuriro ry’Ingabo za guverinoma ya Kinshasa.

Ubundi kandi isubiza ibi bitero byose inyuma.

            MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDCKivu YaruguruZikubiswe inshuroZikubiswe n'ingabo za M23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Ese koko Karidinali Frodolin Ambongo ubucamanza bwa RDC buzabasha ku mukurikirana nk’uko leta ya Kinshasa ibyifuza? menya ukuri kwa byo.

Ese koko Karidinali Frodolin Ambongo ubucamanza bwa RDC buzabasha ku mukurikirana nk'uko leta ya Kinshasa ibyifuza? menya ukuri kwa byo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?