• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ihuriro ry’ingabo za RDC, byavuzwe ko zanyaze Inka n’intama nyuma yogutera ibisasu muri Kilolirwe.

minebwenews by minebwenews
December 2, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, FDLR, Wagner, FDNB na Wazalendo, mu bitero bagabye muri teritwari ya Masisi na Nyiragongo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, byavuzwe ko banyaze Inka z’Abungeri bo m’ubwoko bw’Abatutsi.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

N’ibitero bagabye kuri uyu wa Gatandatu, tariki 02/12/2023, aho binavugwa ko biriya bitero ba bigabye ba banjye kurasa ibisasu biremereye mubice byo muri Kilolirwe no munkengero zayo. Ibi bitero kandi byanagabwe mu bice byomuri teritware ya Nyiragongo arinaho banyaze ziriya nka n’intama.

Ay’amakuru yanemejwe n’umuvugizi wa M23 mubyapolitike, bwana Lawrence Kanyuka aho yagize ati: “Twongeye ku burira imiryango Mpuzamahanga n’amashirahamwe arengera ikiremwa muntu ko ihuriro ry’ingabo za RDC zikomeje gukorera ubugome abaturage baturiye i Kilolirwe. Muriki Gitondo kandi bongeye kugaba ibitero bakoresheje kurasa ibisasu ahatuwe n’abaturage. Biriya bisasu bikomeje kwangiriza ubutunzi bw’abaturage ndetse bigasenya n’amazu yabo.”

Uy’u muvugizi wa M23 yakomeje avuga ko ingabo zabo ziri kurwana kubaturage n’ibyabo kandi ko barwana kinyamwuga.

Nk’uko iy’i nkuru ikomeza ivuga n’uko ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner, FDNB na Wazalendo banyaze Inka zikabakaba 142 harimo n’intama 100 izindi amagana ngo zikaba zaburiwe irengero nk’uko iy’inkuru ibivuga.

Bruce Bahanda.

Tags: Ihuriro ry'ingabo za Kinshasa byavuzwe ko banyaze Inka n'intama nyuma yogutera ibisasu muri Kilolirwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post

Umusesenguzi Nshimiye Fidel, yavuze ku cyemezo ubumwe bw'ibihugu by'u Buraya baheruka gufata cyokuvana Indorerezi zabo muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?