• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ihuriro ry’Ingabo rya RDC, riri guhunga amasigamana, rihungira muri Kivu y’Epfo, abandi n’abo bari kubirukaho.

minebwenews by minebwenews
May 2, 2024
in World News
1
Ihuriro ry’Ingabo rya RDC, riri guhunga amasigamana, rihungira muri Kivu y’Epfo, abandi n’abo bari kubirukaho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Aka kanya ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ziri kwiruka zihunga, aho ziri kugana i Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zivuye mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni ay’amasaha rwongeye kwa mbikana, hagati y’ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa, n’igisirikare kiyobowe na General Sultan Makenga, nk’uko ay’amakuru amaze guhabwa ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, ayo dukesha abarwanyi ba M23 .

Ay’amakuru avuga ko imirwano yabereye neza Murambi no mu nkengero za centre ya Ngungu, muri teritware ya Masisi, ninyuma y’uko ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa ryari ryagabye ibitero ku ngabo za M23 ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, mu bice byari bigaruriye n’aba barwanyi ba M23 ku munsi w’ejo hashize.

Nyuma byaje gukomerera abarwana ku ruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, maze bayabangira ingata, abandi nabo babirukaho.

Minembwe Capital News yabwiwe ko kuri ubu, abarimo abasirikare ba FARDC, Ingabo z’u Burundi, abacanshuro, Wazalendo, FDLR na SADC bari guhungira mu misozi iherereye muri teritwari ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bavuye i Murambi no mu bice biherereye mu nkengero za Ngungu.

Ku rundi ruhande, haravugwa ko ingabo z’u ruhande rwa leta ya Kinshasa, ahanini Aburundi bapfiriye muri iyo mirwano, mu buryo budasanzwe, nk’uko birimo ku vugwa n’abarwanyi ba M23.

Ubuhamya bugira buti: “Aha i Murambi, haguye abasirikare ba FARDC benshi, ariko cyane turi gusanga ari Abarundi.”

Iy’i mirwano yongeye kongera gukara muri iki Cyumweru, ni mu gihe impande zombi zari zimaze hafi igihe kingana n’ibyumweru bibiri hasa nahatuje, n’ubwo hagaiye haba guhangana kutari kunini muri Kibirizi no mu nkengero zayo.

            MCN.
Tags: Abandi nabo babirukahoFardc yahunze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cy’u Bufaransa kigiye gutoza abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, barwanira mu mashyamba.

Igisirikare cy'u Bufaransa kigiye gutoza abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, barwanira mu mashyamba.

Comments 1

  1. Pingback: Masisi: Gen.Mutayombawa wa PARECO Yarasiwe mu Mirwano ari Kumwe n’Abamurinda – Rwanda Tribune

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?