• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryahuye n’uruva gusenye, mu mirwano yarihuje na M23 kuri uyu wa Kane.

minebwenews by minebwenews
May 16, 2024
in World News
0
Ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryahuye n’uruva gusenye, mu mirwano yarihuje na M23 kuri uyu wa Kane.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryahuye n’uruva gusenye, mu mirwano yarihuje na m23 kuri uyu wa Kane.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni mu butumwa bwa mashusho bwagiye bunyuzwa ku mbuga nkoranya mbaga harimo n’imbuga za X, yahoze ari Twitter.

Muri ubu butumwa wabonaga imirambo y’abasirikare bambaye impuzakano (uniform) y’igisikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, irambaraye hasi, ahandi igiye igerekeranije hejuru.

Imwe muri iyo mirambo wabonaga icyitse amaguru n’amaboko.

Nk’uko urubuga rwa Vive, rwa bitangaje, rwagaragaje ko ininshi muri iyo mirambo ari ya basirikare b’Abarundi na Wazalendo ndetse ngo n’Ingabo za FARDC.

Hagati aho iyi mirwano yanone yabereye mu bice byo muri teritware ya Masisi na Rutshuru, ahitwa Birundule, Mirangi na Bulindi.

Ay’amakuru anavuga ko ibyo bice ko byahise byigarurirwa n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga.

Ibyo bibaye mu gihe kandi ku munsi w’ejo hashize, M23 yirukanye ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa mu bice byose ryari ryagabyemo ibitero muri teritware ya Rutshuru.

Ibyo bice ni Vitshumbi, Rwindi, Kibirizi, Kikuku n’ahandi hahakikije.

                 MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya CongoM23MasisiRutshuruUruva gusenya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Mu nama ya Afrika CEO Foum, Perezida Paul Kagame yavuze icyo Abanyafrika bari bakwiye kuba bamariye uyu mugabane.

Mu nama ya Afrika CEO Foum, Perezida Paul Kagame yavuze icyo Abanyafrika bari bakwiye kuba bamariye uyu mugabane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?