• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ryakubiswe ahababaza mu mirwano yabaye kuri uyu wa Kane.

minebwenews by minebwenews
May 30, 2024
in World News
1
Ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ryakubiswe ahababaza mu mirwano yabaye kuri uyu wa Kane.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ryakubiswe ahababaza mu mirwano yabaye kuri uyu wa Kane.

You might also like

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Ni imirwano yabereye ku misozi yu namiye Centre ya Sake, aho iyi ntambara yari hanganishije uruhande rwa M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Amakuru avuga ko uru rugamba ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zarukubitiwemo, ko kandi rwaguyemo n’abasirikare benshi bo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, abandi barufatirwamo matekwa, ndetse abandi baburirwa irengero.

Mu basirikare bo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa baruguyemo harimo aba barirwa mu icumi bo mu ngabo za Afrika y’Epfo n’abandi batanu bafashwe mpiri.

Ay’amakuru anavuga ko kandi imodoka zifashishwa mu kujana ibikoresho by’agisirikare by’ingabo za leta ya Kinshasa zatwitswe izindi zifatwa n’abarwanyi ba M23.

Umurwanyi wo ku ruhande rwa M23 utemerewe gutanga amakuru, yabwiye Minembwe Capital News ko intambara yabaye kuri uyu wa Kane, yabereye isomo rishya ingabo za SADC ndetse n’izigihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yagize ati: “Twaberetse ko tutiganye nabo. Bakubiswe kandi twabambuye n’imbunda zirimo n’izirasa kure.”

Yakomeje avuga ati: “Usibye kubakubita twanabishe, abandi bo muribo turabafite twabafashe amatekwa, yewe twafashe n’abasirikare ba Afrika y’Epfo bagera kuri batanu.”

Tubibutsa ko iyi mirwano yabereye ku musozi wa Madimba, Ngumba, Neenero, Karuba na Mushaki no ku muhanda wa Sake-Kirotshe.

Ikindi n’uko iyi mirwano yatangiye igihe c’isaha z’igitondo cyakare ikaba yagejeje ku masaha y’umugoroba. Ay’amakuru asoza avuga ko M23 yasubije inyuma ibi bitero kandi ikaba ikigenzura ibice yari isanzwe igenzura. Gusa ikomeje kuja imbere.

         MCN.
Tags: IhuriroIngabo za Repubulika ya demokarasi ya CongoKuri uyu wa KaneM23Rya kubiswe ahababaza
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano...

Read moreDetails

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails
Next Post
Umunyamulenge wari umuyobozi muri Polisi ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yapfuye mu buryo bubabaje.

Umunyamulenge wari umuyobozi muri Polisi ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yapfuye mu buryo bubabaje.

Comments 1

  1. Pingback: DRC: SAMI-DRC Yakubiswe Ahababaza n’Inyeshyamba za M23 – Rwanda Tribune

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?