Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bagabye igitero gikaze kigamije kwisubiza Kagano, birangira bahunze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 28, 2024
in Regional Politics
0
Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bagabye igitero gikaze kigamije kwisubiza  Kagano, birangira bahunze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uy’umunsi ku Cyumweru, mugace ka Kagano, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu, hongeye kuba imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinema ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Bya vuzwe ko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zagabye iki gitero muri Kagano, mu rwego rwo kugira ngo bisubize ibice bambuwe na M23, mu mirwano yabasakiranije k’u wa Gatandatu, tariki ya 27/01/2024.

Ibice birimo Kagano, Mbuhi, Bukama, Kashunga, Murambi na Nganga, byigaruriwe na M23, k’umunsi w’ejo hashize, harimo na Muremure, aho bivugwa ko aragace kingenzi muburyo bw’urugamba, Ingabo z’ihuriro ry’Ingabo za Guverinema ya Kinshasa zambuwe.

K’urundi ruhande ahagana mu masaha yakare, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, FDLR, FARDC, Ingabo z’u Burundi, Wazalendo na SADC, bateye ibisasu by’imbunda ziremereye muduce dutuwe n’abaturage mu nkengero za Karuba no muri sentire ya Karuba ubwayo.

N’ibisasu bya vuzwe ko birimo gusenya amazu y’abaturage, amakanisa ndetse n’inyubako zirimo amashuri no guharibisha imirima y’abaturage.

Ibi bya nemejwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, aho yakoresheje urubuga rwa X agira ati: “Turahamagarira imiryango mpuzamahanga n’iyimbere mu gihugu ko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zongeye gutera ibisasu ahatuwe n’abaturage benshi muri Karuba no mu nkengero zaho.”

Yashimangiye ibi avuga ati: “M23, irakora ibishoboka byose kugira irinde Abasivile n’ibyabo, kandi turarwana kinyamwuga.”

Andi makuru akomeje kuvugwa n’ibinyamakuru bya Goma, n’uko muri Sake, mu birometre 27 n’u mujyi wa Goma, Ingabo za SADC n’iza RDC harimo n’Imitwe y’Inyeshamba igizwe na FDLR na Wazalendo, ko bakubise baruzura kugira barwanye M23.

Bruce Bahanda.

Tags: IgiteroIhuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa KinshasaKaganoKigamijeKwisubiza
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za Tanzania, zari zoherejwe i Sake, k’u rwanya M23, byarangiye bayihunze, bahungira muri Monusco.

Ingabo za Tanzania, zari zoherejwe i Sake, k'u rwanya M23, byarangiye bayihunze, bahungira muri Monusco.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?