
Topic :Uburozi Munsengero.
Uburozi n’imbaraga za kidayimoni zikorera murwihisho zikamamaza satani kw’arimana.
Umugambi w’ uburozi munsengero , ahanini nukuyobya aba hasengera cyane cyane abayobozi (Pastors) kugira ngo bate umurongo w’umuhamagaro ,maze bashyire mubikorwa umugambi wa satani wo kurema ikizazi(Génération) ikora nkabadayimoni.
Aho bivangira benshi biyita aba Kristo , bakaba abasambanyi, abarozi, abajura, ababeshyi, bikageraho biba nkumuco wabo.
Matayo 26:41 .
Mube maso musenge mutajya mu moshya .
Mwene Data, nawe Mushumba iki nigihe cyo kuba maso, dusenga, twihana kugira ngo turusheho kwegera Yesu kristo, maze atwambike imbaraga zitsinda umutwe w’abarozi n’indi mitwe ya kidayimoni.
Akira ijambo ry’Imana.
Mwarikumwe n’a Pastor Sebintu Levi,
+250788803223.




