Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ijambo ry’Imana: Menya neza uko tumenyeshwa imbaraga za Kristo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 29, 2024
in Religion
0
Ijambo ry’Imana: Menya neza uko tumenyeshwa imbaraga za Kristo.
66
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ijambo ry’Imana: Menya neza uko tumenyeshwa imbaraga za Kristo.

You might also like

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Akanwa siko kagira ububasha bwo kutumenyesha no kutwumvisa Yesu Kristo ibyo tuba tumushakaho, ahubwo “ukwizera” ni ko gutuma dusingira ibiri muri Yesu Kristo umwana w’Imana.

Iyo biza kuba akanwa ariko konyine kaduha gusingira ibiri mu Mana, abatakaje ubushobozi bwo kuvuga(ibiragi), ntibaba bagera ku bitangaza bifuza bikomeye bituruka ku Mana. Ikindi n’uko iyo akanwa ariko kaza kuba ariko konyine gafite ubushobozi konyine kaduha gusingira ibyifuzo byacu, wa mugore wari urwaye amaze imyaka 12, ntaba yarakiriye igitangaza cye, cyangwa ntaba yarabonye igisubizo yifuzaga kuri Kristo kuko we ahubwo yizeye gukora ku musozo w’umwenda Yesu yari yambaye ahita abona igisubizo ako kanya.

Ukwizera ni ko gukomeye, kandi niko kutugeza ku byo twifuza Imana ya dukorera. Imana imenyera kure ibyo twibwira , ijambo ritarava mu kanwa kacu yo iba yamaze ku bimenya. Bivuze ko ntacyo twoyibwira itazi, habe n’ibyo uzatekereza mu bihe biri mbere, yo yamaze ku bimenya.

Ibi rero bigomba gutuma wizera Imana kuruta kubivuga. Inzira zose wocamo, jyu koresha ukwizera Imana, mu byo tuvuga byose, bivugane ukwizera. Gusenga gukomeye ni igihe usenze wizeye.

Mu bo Yesu yagiye akorera ibitangaza bose, yagiye akoresha ijambo rivuga ngo: “Kwizera kwawe kuragukijije.” Duhorane ukwizera niho Imana izatwishimira, ni naho izadukorera ibitangaza byose dushaka.

Luc 8:46.

              MCN.
Tags: Akanwa siko kagira ububasha bwo kutumenyeshaIjambo ry'ImanaUkwizera
Share26Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n'uruva gusenya. Sergei Torop wiyitaga Yesu w'isiberiya yakatiwe gufungwa imyaka 12 hamwe n'ibyegera bye, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n'imitingo bya bamwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko...

Read moreDetails

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya. Mu Rugezi ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23 bihagenzura, byatashye urusengero rwabo rushya, nk'uko...

Read moreDetails

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa. Charles Munyaburanga uri mu Banyamulenge bakora ivugabutumwa hirya no hino ku isi, yahawe iyerekwa ridasanzwe ubwo yari mu masengesho asengera igihugu cye cya...

Read moreDetails

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, ivuga no kuri Twirwaneho na M23. Ubuhanuzi bukomeye kuri Twirwaneho na M23 bwatanzwe n'Umuhanuzi w'Imana uri mu...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye abantu bamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg mu Rwanda.

Hamenyekanye abantu bamaze guhitanwa n'icyorezo cya Marburg mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?