• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 12, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ijambo ry’umukuru w’igihugu ca RDC, Félix Tshisekedi, kuri uyu wa Kabiri, ntiryashimwe nabose, bamwe bakubita amshyi abandi siko babyumva.

minebwenews by minebwenews
November 15, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa kabiri, tariki 14/11/2023, u mukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagejeje i jambo ku banye-Congo, rijanye n’ibyo yakoze mur’iyi manda y’imyaka itanu amaze k’ubutegetsi.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Muri uwo umuhango w’ijambo rya nyakubahwa Félix Tshisekedi, wari w’itabiriwe n’abantu benshi aho byavuzwe ko abasenateri basagaga 95 nabadepite ndetse nabashitsi bakaba bari k’umubare wabantu 407.

Perezida Félix Tshisekedi, yagerageje gushushanya inshusho y’ibyo yagezeho mur’iyi manda y’imyaka itanu. Nk’uko byagaragara kuri televiziyo y’igihugu ca RDC (RTNC), wabona ga yitsa ijambo amashyi akavuga. Ibi abikoze mugihe hasigaye iminsi ine (4), kugira kw’iyamamariza k’umwanya w’umukuru w’igihugu bitangire gukorwa k’umugaragaro mu Ntara zose zigize RDC.

Uriya mukuru w’igihugu, mubyo yerekanye yavuze “Ishyirwa mu bikorwa ry’uburezi bw’ibanze korikomeje kuba intsinzi ikomeye muri manda y’imyaka itanu ya perezida wa 5 mu mateka ya Congo Kinshasa.”

Ati: “Nta gushidikanya ko ishyirwa mu bikorwa ry’uburezi bw’ibanze ku buntu ari intsinzi ikomeye.”

Nk’uko byatangajwe n’umukuru w’igihugu cya Congo, uburezi bw’ibanze ku buntu byatumye haba kugarura abana barenga miliyoni 5 n’imugihe bari baramaze guheba ishuri kubera ubushobozi abandi kubera uburara.

Yashimangiye ati: “Uburezi ku buntu bwongereye umubare w’abanyeshuri uva kuri miliyoni 16 kugera kuri miliyoni 25.”

Yagarutse no k’umutekano ukomeje kuzamba mu Gihugu, ndetse avuga nokungabo z’umuryango wa b’ibumbye (Monusco), aho yavuze ko ziriya Ngabo zimaze Imyaka irenga 20 ariko zitagize ico zihindura maze asaba abanyecongo gushakira igihugu cyabo umutekano.

Ati: “Harageze ko abanyekongo twenyine ko twishakira u mutekano.”

Perezida Félix Tshisekedi yanavuze ko imvo y’intambara idashira muri RDC ko ari ukubera iki gihugu gitunze ubutunzi bwamabuye y’Agaciro.

Yagize ati: “Iz’intambara mubona zidashira biva kukuba igihugu cyacu gitunze amabuye y’Agaciro.”

Perezida Félix Tshisekedi, yasoje avuga ati: “Dufite amahitamo rero guhera mu ntangiriro zibyo twakoze cyangwa tugashimangira ibyagezweho muri uyu muvuduko ugenda utera imbere tugana imbere hicyerekezo gisobanutse.”

N’ubwo perezida Félix Tshisekedi, yakomerwaga amashyi nyamara k’urundi r’Uhande abaturage benshi ahanini M’uburasirazuba bwa RDC, bavuga ko muriy’i Manda y’imyaka 5 ya Tshisekedi, kwa banyekongo ariho barize kuruta ibindi bihe byose Congo yanyuzemo.

Kivu y’Amajy’epfo na Kivu y’Amajyaruguru ndetse n’ibindi bice bigize i Ntara za RDC nka kwa Mouth, amarira yakomeje kuba menshi aho abaturage bakomeza kwicwa nk’inyamanswa kuruta mubihe byambere.

Ririya jambo rije nyuma yiminsi igera kuri 5 umusirikare w’u Munyamulenge mungabo za FARDC, Captain Kabongo Rukatura, yiciwe i Goma, azira ubwoko bwe Abatutsi yicwa urupfu ruteye agahinda, nimugihe kandi Lieutenant Vera yari aheruka kwicirwa i Kamituga azira ubwoko bwe Abatutsi.

U mwaka ukaba wari umaze gushira Major Joseph Kaminzobe yiciwe i Lweba muri teritware ya Fizi, azira ubwoko bwe Abatutsi.

Ibi kandi byabaye no mubindi bice nkahitwa Malemba Nkuru kuri uyu wa Mbere, tariki 13/11/2023, hiciwe umwana w’umukobwa uri mukigero cyimyaka irihagati ya 18 na 15 aho yishwe urupfu rwakoze kumitima yabenshi muri Congo.

Bruce Bahanda.

Tags: Ijambo rya perezida Félix TshisekediKuri uyu wa KabiriTariki 14/11/2023
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Byamenyekanye ko abasirikare b'u Burundi bakabakaba 150 baheruka kuburirwa irengero muntanbara iheruka yabahuje na M23 mu kibaya cya Kibumba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?