Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ikiganiro umukozi w’Imana Christophe Sebagabo, aheruka gukora cyateje impaka ku mbuga nkoranya mbaga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 9, 2024
in Religion
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ikiganiro giheruka gutambuka kur’imwe mu ma Channel ya YouTube, mu Rwanda, izwi nka “C Magic,” gikozwe na Apostle Christophe Sebagabo, cya kuruye impaka ku mbuga nkoranya mbaga ahanini ku mbuga za Whatsapp na Facebook.

You might also like

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Nk’uko bya vuzwe, iki kiganiro umukozi w’Imana Christophe Sebagabo, yagikoze nyuma y’uko mu mpera z’u mwaka w’2023, yahawe inshingano zokuba Apostle, aho mu muhango wo kuzimuha na Apostle Paul Gitwaza ya wubayemo.

Bityo rero amagambo yazanye impaka nayo Apostle Christophe Sebagabo, yakoranye n’u munyamaku wa C Magic, umunyamakuru yagize ati, twi bwire urinde? Apostle Christophe Sebagabo, agira ati: “Ndi Apostle Christophe Sebagabo, ndi umunyarwanda wa vukiye muri Congo, nfite imyaka 37 y’amavuko. Ndi umugabo ndubatse, nfite umudamu n’abana batatu(3). Nkunda Imana cyane.”

Umushumba Christophe Sebagabo, yanahamije ko we yavukiye mugace kitwa ku “Kabara,” ha herereye mu bilometre 45 na Komine Minembwe, ho mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ikindi cyateje Impaka ubwo Apostle Christophe Sebagabo, yarimo yiyegereza Abakirisitu bo mw’itorero abereye umuyobozi yagize ati: “Uriya mugabo uhagaze inyuma ni data wacu yatubereye umushumba, mbere y’uko dutaha tuza iwacu mu Randa.”

Ibi abenshi nti ba byemeranya ho. Bwana Christian Byuzuye, akoresheje urubuga rwa Whatsapp, yagize ati: “Rwose, abegereye Apostle Christophe Sebagabo, ba mu bwire ko atari umupatriote. Imana ya vuganiye na basogokuruza kur’iriya misozi miremire y’Imulenge, iba bwira ko Imulenge ari iwabo wa Banyamulenge.”

Christian Byuzuye, yakomeje agira ati: “Abanyamulenge barwariye Amerika n’abarwariye Kenya, bose bavuga ko iwabo ari i Mulenge.”

“Ubwo rero iyo niyo twita patriotism, umurage wab’Anyamulenge, byaba bikonjye cyangwa bishushye tugomba gukunda iwacyu i Mulenge.”

Naho uwitwa MCk Joshua, akoresheje urubuga rwa Facebook, yagize ati: “Apostle Christophe Sebagabo, ni umunyekongo wakiriye ubwenegihugu c’u Rwanda; bivuze ko atinjiye iwe, ahubwo yarimutse ibyo bita [kubunga].”

Abadashigikira ibyo Apostle Christophe Sebagabo, yavuze bavuga ko yari kuvuga ko ari Umunyamulenge.

Apostle Christophe Sebagabo, ayoboye Cavalry Wide Fellowship Minisitiries, i Kigali, mu Rwanda.

Bruce Bahanda.

Tags: ApostleCalvaryIkiganiro umukozi w'Imana Christophe Sebagabo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n'uruva gusenya. Sergei Torop wiyitaga Yesu w'isiberiya yakatiwe gufungwa imyaka 12 hamwe n'ibyegera bye, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n'imitingo bya bamwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko...

Read moreDetails

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya. Mu Rugezi ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23 bihagenzura, byatashye urusengero rwabo rushya, nk'uko...

Read moreDetails

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa. Charles Munyaburanga uri mu Banyamulenge bakora ivugabutumwa hirya no hino ku isi, yahawe iyerekwa ridasanzwe ubwo yari mu masengesho asengera igihugu cye cya...

Read moreDetails

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, ivuga no kuri Twirwaneho na M23. Ubuhanuzi bukomeye kuri Twirwaneho na M23 bwatanzwe n'Umuhanuzi w'Imana uri mu...

Read moreDetails
Next Post

Moïse Katumbi, yashimiye abaturage ba Kashobwe, ba mugobotse nyuma y'uko atewe iwe murugo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?