• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ikiganiro umukozi w’Imana Christophe Sebagabo, aheruka gukora cyateje impaka ku mbuga nkoranya mbaga.

minebwenews by minebwenews
January 9, 2024
in Religion
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ikiganiro giheruka gutambuka kur’imwe mu ma Channel ya YouTube, mu Rwanda, izwi nka “C Magic,” gikozwe na Apostle Christophe Sebagabo, cya kuruye impaka ku mbuga nkoranya mbaga ahanini ku mbuga za Whatsapp na Facebook.

You might also like

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Nk’uko bya vuzwe, iki kiganiro umukozi w’Imana Christophe Sebagabo, yagikoze nyuma y’uko mu mpera z’u mwaka w’2023, yahawe inshingano zokuba Apostle, aho mu muhango wo kuzimuha na Apostle Paul Gitwaza ya wubayemo.

Bityo rero amagambo yazanye impaka nayo Apostle Christophe Sebagabo, yakoranye n’u munyamaku wa C Magic, umunyamakuru yagize ati, twi bwire urinde? Apostle Christophe Sebagabo, agira ati: “Ndi Apostle Christophe Sebagabo, ndi umunyarwanda wa vukiye muri Congo, nfite imyaka 37 y’amavuko. Ndi umugabo ndubatse, nfite umudamu n’abana batatu(3). Nkunda Imana cyane.”

Umushumba Christophe Sebagabo, yanahamije ko we yavukiye mugace kitwa ku “Kabara,” ha herereye mu bilometre 45 na Komine Minembwe, ho mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ikindi cyateje Impaka ubwo Apostle Christophe Sebagabo, yarimo yiyegereza Abakirisitu bo mw’itorero abereye umuyobozi yagize ati: “Uriya mugabo uhagaze inyuma ni data wacu yatubereye umushumba, mbere y’uko dutaha tuza iwacu mu Randa.”

Ibi abenshi nti ba byemeranya ho. Bwana Christian Byuzuye, akoresheje urubuga rwa Whatsapp, yagize ati: “Rwose, abegereye Apostle Christophe Sebagabo, ba mu bwire ko atari umupatriote. Imana ya vuganiye na basogokuruza kur’iriya misozi miremire y’Imulenge, iba bwira ko Imulenge ari iwabo wa Banyamulenge.”

Christian Byuzuye, yakomeje agira ati: “Abanyamulenge barwariye Amerika n’abarwariye Kenya, bose bavuga ko iwabo ari i Mulenge.”

“Ubwo rero iyo niyo twita patriotism, umurage wab’Anyamulenge, byaba bikonjye cyangwa bishushye tugomba gukunda iwacyu i Mulenge.”

Naho uwitwa MCk Joshua, akoresheje urubuga rwa Facebook, yagize ati: “Apostle Christophe Sebagabo, ni umunyekongo wakiriye ubwenegihugu c’u Rwanda; bivuze ko atinjiye iwe, ahubwo yarimutse ibyo bita [kubunga].”

Abadashigikira ibyo Apostle Christophe Sebagabo, yavuze bavuga ko yari kuvuga ko ari Umunyamulenge.

Apostle Christophe Sebagabo, ayoboye Cavalry Wide Fellowship Minisitiries, i Kigali, mu Rwanda.

Bruce Bahanda.

Tags: ApostleCalvaryIkiganiro umukozi w'Imana Christophe Sebagabo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

by minebwenews
August 31, 2025
0
Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri. Umushumba w'itorero rya All National Assemblies Of God, rifite icyicaro muri Isingiro district mu majy'Epfo ya Uganda, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ku...

Read moreDetails

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

by minebwenews
August 24, 2025
0
Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo. Abashakashatsi bavumbuye ubwato bwari bumaze imyaka irenga 2000 mu mazi epfo (mu ndiba yinyanja) ya Galileya, bavuga ko ari bwo Yesu yagendeyemo ubwo...

Read moreDetails

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

by minebwenews
August 20, 2025
0
Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025. Umwamikazi wa gospel muri Tanzania, Rose Muhando, yongeye kwandika izina rye mu mateka nyuma yo kwegukana ICON AWARD...

Read moreDetails

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

by minebwenews
August 19, 2025
0
Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya. Itsinda rya gospel rigizwe na Ben na Chance, bashyize hanze Album nshya bise "Zaburi yanjye,"...

Read moreDetails

Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

by minebwenews
August 8, 2025
0
Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

Dore inama z'ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba. Kurota inzozi mbi ni ikibazo gihangayikishije benshi muri ubu buzima tubayeho bwo mu isi. Izo nzozi zishobora gutuma...

Read moreDetails
Next Post

Moïse Katumbi, yashimiye abaturage ba Kashobwe, ba mugobotse nyuma y'uko atewe iwe murugo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?