Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ikindi gitero cya drone i Mulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 29, 2025
in Conflict & Security
0
Igitero cya drones mu misozi y’i Mulenge.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ikindi gitero cya drone i Mulenge.

You might also like

Ibivugwa ku ntumwa M23 yari yarohereje mu mishyikirano i Doha.

Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

Amakuru: Iby’igitero i Katana.

Amakuru aturuka mu Minembwe ahazwi nk’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, avuga ko ihuriro ry’ingabo za Congo zagabye igitero cya drone mu nkengero z’umujyi wa Minembwe ariko kigwa hafi n’umuhana utuwe n’abaturage.

Ni amakuru akubiye mu butumwa bwanditse bwahawe ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, aho agaragaza ko iki gitero cya drone cyagabwe mu masaha y’umugoroba wajoro, kikaba cyagabwe neza mu gace kitwa ku Gipimo gaherereye mu duce twerekeza i Lulenge uvuye mu Minembwe.

Ubwo butumwa bugira buti: “Drone yateye igisasu ku Gipimo hafi n’ahatuye abaturage.”

Bikavugwa ko iyo drone nubwo yateye kiriya gisasu ariko ko isa n’iya hushije aho yashakaga kugitera, ati: “Nanone nubwo yarashe ariko isa n’iya hushije aho yashakaga kurasa. Bigaragara ko yari shaka kurasa mu muhana wa Gipimo, ariko igisasu cyayo cyaguye hakuraya y’uwo muhana.”

Gipimo yarashwemo icyo gisasu iherereye mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe, aho benshi bazi nko mu Marango ya Minembwe.

Nyamara andi makuru avuga ko izi drone ko ziri gushaka ahari ibirindiro bikomeye by’aba barwanyi bo mu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23.
Ndetse bikavugwa ko zishaka gusa abayobozi bo muri iyi mitwe yombi bakorera i Mulenge.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane na bwo izi drone zateye ibindi bisasu mu Mikenke, ariko nabwo bifata ubusa.

Usibye nibyo hari n’igitero cyo ku butaka iri huriro ry’ingabo za Congo zagabye mu Mikenke, nyamara gisubizwa inyuma n’abarwanyi ba Twirwaneho.
Ni igitero zarizagabye ziturutse mu duce twa Rwitsankuko no ku Bilalombili.

Tags: GipimoIgiteroMinembwe
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku ntumwa M23 yari yarohereje mu mishyikirano i Doha.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
M23 yigaruriye uduce twinshi mu mirwano yarimaze iminsi irenga ibiri.

Ibivugwa ku ntumwa M23 yari yarohereje mu mishyikirano i Doha. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryahamagaje intumwa zayo ryari ryarohereje i...

Read moreDetails

Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC) ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryahinduriye imirimo Birato Rwihimba Emmanuel wari guverineri w'i ntara...

Read moreDetails

Amakuru: Iby’igitero i Katana.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
I Walikale habereye imirwano ikomeye.

Amakuru: Iby'igitero i Katana. Ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye igitero mu gice cya Katana kimaze iminsi ibarirwa mu mezi atatu kigenzurwa n'umutwe wa M23,...

Read moreDetails

Constant Mutamba yitabye ubushinjacyaha i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Constant Mutamba yitabye ubushinjacyaha i Kinshasa.

Constant Mutamba yitabye ubushinjacyaha i Kinshasa. Minisitiri w'u butabera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo yitabye ubushinjacyaha bumukurikiranyeho icyaha cyo kunyereza amafaranga yari agenewe kubaka gereza y'i Kisangani...

Read moreDetails

Amakuru mashya: Hagaragajwe icyabaye kuri Wazalendo mu Rurambo kiyicya intege.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Amakuru mashya: Hagaragajwe icyabaye kuri Wazalendo mu Rurambo kiyicya intege. Amakuru aturuka mu Rurambo ho mu misozi ya teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, agaragaza ko...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?