• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ikindi gitero cya drone i Mulenge.

minebwenews by minebwenews
May 29, 2025
in Conflict & Security
0
Igitero cya drones mu misozi y’i Mulenge.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ikindi gitero cya drone i Mulenge.

You might also like

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

Amakuru aturuka mu Minembwe ahazwi nk’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, avuga ko ihuriro ry’ingabo za Congo zagabye igitero cya drone mu nkengero z’umujyi wa Minembwe ariko kigwa hafi n’umuhana utuwe n’abaturage.

Ni amakuru akubiye mu butumwa bwanditse bwahawe ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, aho agaragaza ko iki gitero cya drone cyagabwe mu masaha y’umugoroba wajoro, kikaba cyagabwe neza mu gace kitwa ku Gipimo gaherereye mu duce twerekeza i Lulenge uvuye mu Minembwe.

Ubwo butumwa bugira buti: “Drone yateye igisasu ku Gipimo hafi n’ahatuye abaturage.”

Bikavugwa ko iyo drone nubwo yateye kiriya gisasu ariko ko isa n’iya hushije aho yashakaga kugitera, ati: “Nanone nubwo yarashe ariko isa n’iya hushije aho yashakaga kurasa. Bigaragara ko yari shaka kurasa mu muhana wa Gipimo, ariko igisasu cyayo cyaguye hakuraya y’uwo muhana.”

Gipimo yarashwemo icyo gisasu iherereye mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe, aho benshi bazi nko mu Marango ya Minembwe.

Nyamara andi makuru avuga ko izi drone ko ziri gushaka ahari ibirindiro bikomeye by’aba barwanyi bo mu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23.
Ndetse bikavugwa ko zishaka gusa abayobozi bo muri iyi mitwe yombi bakorera i Mulenge.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane na bwo izi drone zateye ibindi bisasu mu Mikenke, ariko nabwo bifata ubusa.

Usibye nibyo hari n’igitero cyo ku butaka iri huriro ry’ingabo za Congo zagabye mu Mikenke, nyamara gisubizwa inyuma n’abarwanyi ba Twirwaneho.
Ni igitero zarizagabye ziturutse mu duce twa Rwitsankuko no ku Bilalombili.

Tags: GipimoIgiteroMinembwe
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, aravuga ko muri iri joro ryo ku wa...

Read moreDetails

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z'u Burundi ziri guteza akajagari I Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo biravugwa ko hiriwe ituze, usibye ko ku Ndondo ya...

Read moreDetails

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake Icyorezo cya Ebola cyongeye kwa duka muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikaba imaze no guhitana abantu...

Read moreDetails

Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w'ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira Abarwanyi bibumbiye mu cyiswe Wazalendo bakorana byahafi n'u Butegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z’u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z’u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke

Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z'u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke Nyuma y'aho Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ku bufatanye n'iz'u Burundi hamwe n'imitwe yitwaje intwaro irimo...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?