Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ikorana buhanga rya FARDC ryarashe i Mulenge rifata ubusa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 15, 2025
in Conflict & Security
0
Ikorana buhanga rya FARDC ryarashe i Mulenge rifata ubusa.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ikorana buhanga rya FARDC ryarashe i Mulenge rifata ubusa.

You might also like

Ibindi byavuzwe ku gitero FARDC yenda gutera mu Minembwe.

M23 yahanuye drone y’Ingabo za Congo muri Kivu y’Epfo.

FARDC yasubiranyemo i Kinshasa birakomera.

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyongeye kurasa mu misozi miremire y’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo gikoresheje drone, ariko kugeza ubu amakuru ava muri ibyo bice avuga ko yafashe ubusa.

Mu mezi abiri ashyize ni bwo FARDC yari yiharaje kurasa mu Minembwe ahazwi nk’i mulenge ikoresheje indege zitagira abapilote.

Mu ntangiriro z’ukwezi kwa kabiri no mu mpera zako, yateye ibisasu byinshi mu bice bitandukanye byo muri icyo gice, harimo ibyo yateye i Lundu, Kiziba, Gakangala no ku kibuga cy’indege cyaho.

Ibi bisasu byarashwe icyo gihe byasize bihitanye ubuzima bwa benshi, ndetse kandi byangiza n’ikibuga cy’indege cya Minembwe giherereye mu gace ka Kiziba.

Ku kigicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 15/05/2025, ni bwo kandi drone y’Ingabo za Congo iyo amakuru yagiye agaragaza ko izi turuka i Kisangani yateye ibisasu mu Mikenke ahagenzurwa n’umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23.

Ni amakuru akomeza avuga ko yateye igisasu kimwe, kandi ko mbere yuko igitera yarimaze iminsi igaragara hejuru y’ikirere cyaho.

Nyamara amakuru yibanze ahamya ko ntacyo yangije, nubwo hakirimo gukorwa iperereza ngo hamenyekane ibyangirijwe.

Aya makuru agira ati: “Drone yarashe ariko yafashe ubusa! Yarimaze iminsi izenguruka iki kirere cya Mikenke.”

Kimwecyo aho ibisasu byaguye ni hafi naho abaturage batuye, ibyanatumye bikanga kuko bamwe kugeza n’ubu baracyari mu bihuru iyo bahungiye.

Tags: DroneFardcMikenke
Share42Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibindi byavuzwe ku gitero FARDC yenda gutera mu Minembwe.

by Bruce Bahanda
May 15, 2025
0
Ihuriro ry’ingabo za Congo zihishe i Walungu, M23 yaziburiye.

Ibindi byavuzwe ku gitero FARDC yenda gutera mu Minembwe. Mu gitero ihuriro ry'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zigize iminsi zipangira kugaba mu Minembwe havuzwe bamwe basirikare...

Read moreDetails

M23 yahanuye drone y’Ingabo za Congo muri Kivu y’Epfo.

by Bruce Bahanda
May 15, 2025
0
M23 yahanuye drone y’Ingabo za Congo muri Kivu y’Epfo.

M23 yahanuye drone y'Ingabo za Congo muri Kivu y'Epfo. Abarwanyi bo mu mutwe wa M23 barwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi bashwanyaguje drone y'Ingabo z'iki gihugu muri teritware...

Read moreDetails

FARDC yasubiranyemo i Kinshasa birakomera.

by Bruce Bahanda
May 15, 2025
0
FARDC yasubiranyemo i Kinshasa birakomera.

FARDC yasubiranyemo i Kinshasa birakomera. Umusirikare wo mu itsinda ririnda umukuru w'igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo yishe arashe abasirikare ba tatu bo mu mutwe wa PM...

Read moreDetails

Rwongeye kwambikana biracika hagati ya FARDC na AFC/M23 muri Kivu y’Amajyepfo.

by Bruce Bahanda
May 15, 2025
0
Uko byifashe i Katogota ahiriwe imirwano ikomeye ku munsi w’ejo ku wa mbere.

Rwongeye kwambikana biracuka hagati ya FARDC na AFC/M23 muri Kivu y'Amajyepfo. Ihuriro ry'ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zirimo iza FARDC iz'u Burundi n'imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo...

Read moreDetails

Umukwabo AFC/M23 yakoze i Goma yawungukiyemo amakuru mashya kandi atangaje.

by Bruce Bahanda
May 14, 2025
0
Umukwabo AFC/M23 yakoze i Goma yawungukiyemo amakuru mashya kandi atangaje.

Umukwabo AFC/M23 yakoze i Goma yawungukiyemo amakuru mashya kandi atangaje. Abasirikare bo mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho, bazindutse bakora umukwabo...

Read moreDetails
Next Post
I Kaziba M23 yiswe abamaraika bo mu ijuru, nubwo hari ibindi abaho bakicyifuza.

I Kaziba M23 yiswe abamaraika bo mu ijuru, nubwo hari ibindi abaho bakicyifuza.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?