• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ikorana buhanga rya FARDC ryarashe i Mulenge rifata ubusa.

minebwenews by minebwenews
May 15, 2025
in Conflict & Security
0
Ikorana buhanga rya FARDC ryarashe i Mulenge rifata ubusa.
119
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ikorana buhanga rya FARDC ryarashe i Mulenge rifata ubusa.

You might also like

Uvira: Number of People Killed Overnight Increases, Residents Cry Out

Uvira: Umubare w’Abishwe mu Ijoro Wiyongereye, Abaturage Baratakamba

Uvira mu Rujijo rw’Umutekano, Abantu Benshi Bishwe Barashwe

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyongeye kurasa mu misozi miremire y’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo gikoresheje drone, ariko kugeza ubu amakuru ava muri ibyo bice avuga ko yafashe ubusa.

Mu mezi abiri ashyize ni bwo FARDC yari yiharaje kurasa mu Minembwe ahazwi nk’i mulenge ikoresheje indege zitagira abapilote.

Mu ntangiriro z’ukwezi kwa kabiri no mu mpera zako, yateye ibisasu byinshi mu bice bitandukanye byo muri icyo gice, harimo ibyo yateye i Lundu, Kiziba, Gakangala no ku kibuga cy’indege cyaho.

Ibi bisasu byarashwe icyo gihe byasize bihitanye ubuzima bwa benshi, ndetse kandi byangiza n’ikibuga cy’indege cya Minembwe giherereye mu gace ka Kiziba.

Ku kigicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 15/05/2025, ni bwo kandi drone y’Ingabo za Congo iyo amakuru yagiye agaragaza ko izi turuka i Kisangani yateye ibisasu mu Mikenke ahagenzurwa n’umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23.

Ni amakuru akomeza avuga ko yateye igisasu kimwe, kandi ko mbere yuko igitera yarimaze iminsi igaragara hejuru y’ikirere cyaho.

Nyamara amakuru yibanze ahamya ko ntacyo yangije, nubwo hakirimo gukorwa iperereza ngo hamenyekane ibyangirijwe.

Aya makuru agira ati: “Drone yarashe ariko yafashe ubusa! Yarimaze iminsi izenguruka iki kirere cya Mikenke.”

Kimwecyo aho ibisasu byaguye ni hafi naho abaturage batuye, ibyanatumye bikanga kuko bamwe kugeza n’ubu baracyari mu bihuru iyo bahungiye.

Tags: DroneFardcMikenke
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uvira: Number of People Killed Overnight Increases, Residents Cry Out

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Uvira: Umubare w’Abishwe mu Ijoro Wiyongereye, Abaturage Baratakamba

Reliable information from the city of Uvira, in South Kivu Province, indicates that the number of people shot dead overnight has increased significantly, further heightening fear and insecurity...

Read moreDetails

Uvira: Umubare w’Abishwe mu Ijoro Wiyongereye, Abaturage Baratakamba

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Uvira: Umubare w’Abishwe mu Ijoro Wiyongereye, Abaturage Baratakamba

Uvira: Umubare w’Abishwe mu Ijoro Wiyongereye, Abaturage Baratakamba Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga ko umubare w’abantu baraye bishwe barashwe wiyongereye...

Read moreDetails

Uvira mu Rujijo rw’Umutekano, Abantu Benshi Bishwe Barashwe

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Uvira mu Rujijo rw’Umutekano, Abantu Benshi Bishwe Barashwe

Uvira mu Rujijo rw’Umutekano, Abantu Benshi Bishwe Barashwe Mu ijoro ryo ku wa Mbere rishyira ku wa Kabiri, tariki ya 20/01/2026, umujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi ziyongereye mu Bibogobogo nyuma yo gutsindwa kuri Point Zéro

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Ingabo z’u Burundi ziyongereye mu Bibogobogo nyuma yo gutsindwa kuri Point Zéro

Ingabo z’u Burundi ziyongereye mu Bibogobogo nyuma yo gutsindwa kuri Point Zéro Nyuma y’uko umutwe wa Twirwaneho wirukanye ingabo z’u Burundi n’iza FARDC mu gice kizwi nka Point...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye mu Magambo Ashaririye Ashinja u Rwanda, Isi Isabwa Gusesengura Ukuri

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Perezida Ndayishimiye mu Magambo Ashaririye Ashinja u Rwanda, Isi Isabwa Gusesengura Ukuri

Perezida Ndayishimiye mu Magambo Ashaririye Ashinja u Rwanda, Isi Isabwa Gusesengura Ukuri Mu mvugo zikomeje guteza impungenge ku rwego mpuzamahanga, Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye kwijandika mu...

Read moreDetails
Next Post
I Kaziba M23 yiswe abamaraika bo mu ijuru, nubwo hari ibindi abaho bakicyifuza.

I Kaziba M23 yiswe abamaraika bo mu ijuru, nubwo hari ibindi abaho bakicyifuza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?