• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imbonerakure zikomeje gushinjwa kwinjira mu bikorwa byu mugambi wateguwe wo gutsembatsemba Abatutsi bo mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
April 20, 2024
in Regional Politics
0
Imbonerakure zikomeje gushinjwa kwinjira mu bikorwa byu mugambi wateguwe wo gutsembatsemba  Abatutsi bo mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Imbonerakure z’u Burundi zivanze na FDLR irimo abasize bakoze genocide mu Rwanda.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni bikubiye mu butumwa umuvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka yashize hanze ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 19/04/2024.

Ibyo byagiye hanze mu gihe bimenyekanye ko Imbonerakure z’u Burundi zahawe amabwiriza mashya nimyitizo yo gutsemba Abatutsi muri Congo Kinshasa, nk’uko ibyo biri mu butumwa umuvugizi wa M23 yashize hanze bubanziriza ubwo yatanze mu ijoro ryakeye, yabutanze akoresheje urubuga rwa x.

Yagize ati: “Mu majyepfo ya Masisi, Abatutsi bateguriwe gutsemba tsembwa. Leta ya Congo yamaze gutegura genocide iri gutegura ibifashijwemo na leta y’u Burundi, aho bamaze kohereza Imbonerakure kure ngo zishire mu bikorwa umugambi wateguwe kera.”

Ubutumwa bw’umuvugizi wa M23 Lawrence Kanyuka, yongeye gushira hanze bukurikira ubwo yatanze ku mugoroba, yavuze ko M23 yahawe amakuru yuzuye kuri genocide yateguwe na leta ya Kinshasa ibifashijwemo niy’u Burundi.

Ati: “Amakuru akomeje kwiyongera, kandi hemezwa ko koherezwa kw’Imbonerakure n’amahugurwa ya gisirikare n’ibitkerezo urubyiruko rwahawe bitagarukira gusa ku rubyiruko rw’Abahutu, ahubwo no ku rubyiruko rwose rwo mu karere.”

Ubutumwa bwa Lawrence Kanyuka bunahamya ko Imbonerakure z’u Burundi zivanze na FDLR irimo abasize bakoze genocide mu Rwanda mu mwaka w’ 1994.

Ati: “Twabibutsa ko Imbonerakure zirihamwe na FDLR.”

Ubwo perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye aheruka i Kinshasa, mu mpera z’u mwaka ushize, yakoranye i Nama n’urubyiruko rwo muri Congo Kinshasa maze muri ibyo biganiro avuga ko urubyiruko rwo mu karere rugomba kwihuza bagatera igihugu cy’u Rwanda bagakuraho u butegetsi bwa perezida Paul Kagame, ashimangira ko mu gihe ubutegetsi bwa Kagame bwovaho “akarere ko bona amahoro.”

Nyuma y’ubwo Ndayishimiye yamaganwe n’abenshi mu bategetsi bo mu karere. Ari nabyo byatumye abategetsi bo mu Burundi bagiye bahindura imvugo ya Ndayishimiye.

Ingabo z’u Burundi n’imbonerakure zageze mu Burasirazuba bwa RDC ahagana mu kwezi kwa Cyenda umwaka ushize kuva icyo gihe zatangiye kwifatanya n’igisirikare cya FARDC ku rwanya M23 bashinja gufashwa n’u Rwanda.

Mu bihe byinshi Ingabo z’u Burundi n’imbonerakure zimaze ku butaka bwa RDC zagiye zishinjwa mu bikorwa by’u bwicanyi ahanini mu kwica abasivile b’Abatutsi no kubagirira nabi babaziza M23.

Bimwe mu bikorwa Ingabo z’u Burundi zashinjwe muri RDC harimo gutwika amazu y’abatutage b’Abatutsi, kunyaga Inka zabo ndetse no gufata ku ngufu abagore. Ibyo tubisanga mu nyandiko y’Abarundi baharanira agateka kazina muntu. Izo nyandiko bazishize hanze mu mpera z’u mwaka ushize.

           MCN.
Tags: ImbonerakureMu Burasirazuba bwa RDCWateguwe wo gutsembatsemba AbatutsiZikomeje gushinjwa kwinjira mu mugambi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Ibintu bikomeje kuba bibi kubera amazi akomeje kwiyongera mu bice byo muri Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ibintu bikomeje kuba bibi kubera amazi akomeje kwiyongera mu bice byo muri Uvira, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?