• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Imbunda iri mu zigezweho, ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryari ryibitseho ryayambuwe.

minebwenews by minebwenews
April 30, 2024
in World News
0
Imbunda iri mu zigezweho, ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryari ryibitseho ryayambuwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imwe mu mbunda zikomeye ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zakoreshaga zayambuwe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23).

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni imbunda izwiho kurasa kure ikaba iri no mu ntwaro ziremereye igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyari cyibitseho; yitwa 14.5mm anti aircraft gun.

Iri mu mbunda zerekanwe ko zafashwe ejo hashize, nyuma y’uko hari habaye imirwano ikaze yahuzaga ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa na M23.

Iyi mirwano yabereye i Rwindi ndetse no mu bindi bice byo muri teritware ya Masisi, nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu basirikare ba M23. Ariko nk’uko Minembwe Capital News yahawe ay’amakuru n’uko iy’i mbunda iri muzigezweho yafatiwe mu bice by’i Rwindi ho muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ku rundi ruhande umuvugizi wa M23 yongeye kwerekana izindi mbunda M23 yambuye ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, aho uyu muvugizi mu byapolitiki, Lawrence Kanyuka yanavuze ko FARDC n’abambari bayo bagabye ibitero mu bice bituwe n’abaturage benshi, ariko ko ingabo za M23 zirwanyeho kandi zirwana no ku baturage.

Nk’uko yabivuze yagaragaje ko ihuriro ry’Ingabo za RDC zagabye ibitero kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 30/04/2024, babigabye mu bice bituwe n’abaturage benshi, muri Mushaki, Karuba n’ahandi muri teritware ya Masisi.

Yanavuze ko ibitero bigabwa na FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC ko byagize ingaruka mbi ku baturage b’abasivile, harimo ko hari abo byahitanye abandi bava mu byabo bahinduka impunzi.

Yagize ati: “Twabivuze kenshi kandi turabisubiramo ‘ntidushobora guterera agati muryinyo mu gihe hari umuntu uri mu kaga’ muri aka kanya M23/ARC ikomeje kwirwanaho no kurinda abasivile.”

Yaboneyeho kandi kuvuga ko M23 ikomeje kwihagararaho igasubiza inyuma ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za RDC, ndetse ashira namafoto yazimwe mu mbunda ririya huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ryataye ubu zikaba ziri mu maboko ya M23.

Mu minsi mike ishize iriya mbunda iri mu zikomeye M23 yafashe ejo hashize; iri mu ntwaro ingabo za SADC zagiye zerekana mu gihe zabaga ziri gutoza igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ku rwana.

             MCN.
Tags: IgezwehoIhuriro ry'Ingabo za RDCimbundaM23Zambuwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Igihugu cy’u Bushinwa na Leta Zunze ubumwe z’Amerika, buri ruhande rwateguje urundi kurushwanyaguza.

Igihugu cy'u Bushinwa na Leta Zunze ubumwe z'Amerika, buri ruhande rwateguje urundi kurushwanyaguza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?