• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Imfungwa za RDC n’iza AFC/M23 zigiye guhererekanwa

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 13, 2025
in Conflict & Security
0
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imfungwa za RDC n’iza AFC/M23 zigiye guhererekanwa

You might also like

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero

Repubulika ya demokarasi ya Congo yemeye kurekura imfungwa ifunze zizira umutwe wa M23, mu rwego rwo kubahiriza amasezerano impande zombi zasinyiye i Doha muri Qatar.

RDC na AFC/M23 byasinye amasezerano i Doha imbere ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika yo guhererekanya imfungwa nk’intambwe yo guhoshya ubushamirane ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC hagati y’impande zombi.

Muri iryo sinya byumvikanye ko uko guhererekanya imfungwa bizagirwamo uruhare na komite mpuzamahanga y’umuryango wa Croix-Rouge.

AFC/M23 isaba ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi kurekura abantu bagera kuri 700 bafite aho bahuriye n’iri huriro. RDC na yo igasaba ko abasirikare 1,500 ba FARDC bafatiwe i Goma bakoherezwa mu kigo cya Rumangabo bakinjizwa muri AFC/M23 basubizwa Leta.

Ariko mu kwezi kwa kane uyu mwaka, igice cya mbere cy’abasirikare ba FARDC bari mu nkambi ya Monusco mu mujyi wa Goma nyuma yo gutsindwa na M23, cyoherejwe i Kinshasa.

Mu kucyohereza hifashishijwe ubufatanye na Croix-Rouge, Monusco, RDC na AFC/M23.

Icyakurikiyeho n’uko AFC/M23 yahise ishinja RDC kurenga ku masezerano, igaragaza ko ikomeje gukorera iyicarubuzo abantu bayo ifungiye i Kinshasa n’ahandi.

Ibyo bibaye mu gihe intumwa za RDC n’iza AFC/M23 zimaze igihe kingana n’ukwezi mu biganiro i Doha muri Qatar.

Tags: AFC/m23GuhererekanyaImfungwaRdc
Share34Tweet22Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20 Kapiteni Buba Ambwa Jean Denis, umusirikare ufite ipeti rya Kapiteni mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC),...

Read moreDetails

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, Jean-Jacques Pelusi, yagarutse mu mujyi wa Uvira kuri uyu wa Gatanu, tariki...

Read moreDetails

FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero

FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Point Zero, mu nkengero za santere ya Minembwe, aravuga ko kuri...

Read moreDetails

Guverineri Jean-Jacques Yasabye Ubumwe n’Imibanire Myiza Nyuma Yaho ageze i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Guverineri Jean-Jacques Yasabye Ubumwe n’Imibanire Myiza Nyuma Yaho ageze i Uvira

Guverineri Jean-Jacques Yasabye Ubumwe n’Imibanire Myiza Nyuma Yaho ageze i Uvira Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, Jean-Jacques Purusi, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23/01/2026, yongeye kugera mu...

Read moreDetails

Drone za FARDC Zagabye Ibitero mu Baturage i Buleusa

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Drone za FARDC Zagabye Ibitero mu Baturage i Buleusa

Drone za FARDC Zagabye Ibitero mu Baturage i Buleusa Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyagabye igitero cyifashishije indege zitagira abapilote (drone) mu bice bituwe n’abaturage...

Read moreDetails
Next Post
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

Israel mu burakari bwinshi yavuze ku mwanzuro wa Loni wo gushinga Leta ya Palestine

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?