Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Imibare y’abantu bishwe n’umutingito muri Marocco wiyongereyeho ubu uri kigero c’abantu 1,037.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 10, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubare wabantu bamaze kwicwa n’umutingito muri Maroc/Marocco, wazamutseho kurubu abamaze gutangazwa n’abantu 1,037. Ibi nibyatangajwe na Minisiteri y’Umutekano muriki gihugu ukaba ari umutingito wabaye mw’ijoro ryo kuwa Gatanu tariki 08/09/2023.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nkuko byavuzwe uyu mutingito wari kurugero rwa magnitude 6.8 wibasiye umujyi wa Marrakesh n’indi mijyi yo muri Maroc.

Indiba y’umutingito ni mu majyepfo y’uburengerazuba bwa Marrakesh, nk’uko ikigo kigenzura iby’imitingito cyo muri Amerika(US) Geological Survey kibivuga, benshi mu bapfuye ngo bari mu bice bigoye kugeramo.

Umutingito wabaye ku isaha ya saa tanu z’ijoro muri Maroc.

Abakuru b’ibihugu batandukanye barimo Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron,

Vladimir Putin w’Uburusiya, Perezida wa Turukiya, Recep Tayyip Erdogan na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky bose bageneye ubutumwa abaturage ba Maroc mu rwego rwo kwifatanya na bo.

Ubwongereza na Israel byiyemeje kuba byafasha Maroc mu bufasha bwose yakenera.

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yavuze ko yatanze amabwiriza yo gufasha abaturage ba Maroc mu bufasha bwose baba bakeneye.

Umuryango wa Africa yunze Ubumwe, AU na wo wagaragaje ko wumva uburibwe bwatejwe n’ingaruka z’umutingito.

Tariki 06 zukwezi kwa Kabiri 2023 nibwo haherukaga kuba umutingito uteye ubwoba wibasiye Turukiya na Syria, ukaba warahitanye abarenga ibihumbi 59, ugira ingaruka ku basaga miliyoni 3.7.

By Bruce Bahanda.

Tariki 10/09/2023.

Tags: Imibare yabantu bishwe n'umutingito muri Marocco wiyongereyeho
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Impaka zavutse hagati ya Perezida William Ruto wa Kenya na Mugenzi we wa Tanzania, kururimi rwigiswahili.

Comments 1

  1. Stephani Russian says:
    2 years ago

    What i don’t understood is in fact how you are now not really a lot more well-favored than you may be now. You are so intelligent. You understand therefore significantly in terms of this matter, made me in my opinion consider it from a lot of varied angles. Its like men and women aren’t involved unless it’s something to accomplish with Woman gaga! Your personal stuffs outstanding. At all times deal with it up!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?