Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

IMINSI IBAYE 353-UBURUSIA BUTEYE IGIHUGU CA UKRAINE.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 11, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Russia- Ukraine war iminsi ibaye 353 u Burusiya buteye Ukraine.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Uburusiya bwongeye kurasa missile ninshi kubutaka bwa Ukraine, ibisasu bigwa mumiryi myinshi itandukanye irimo numugwa mukuru wa Kyiv.

Nkuko abasirikare baba nya Ukraine babivuga, bavugako missile nzirenga ijana zarashwe na barusiya kubutaka bwa Ukraine, ariko mirongo 61 zabashe gupfobezwa nabasirikare baba nya Ukraine. Ibi bikaba bibaye nyumayuko amayinga abiri ashize ntagitero kigabwe mumugwa mukuru wa Kyiv.

Nkuko byatangajwe na ministre zumuriro wamashanyarazi bwana German Galushchenko , yavuzeko u Burusiya bwarashe station zumuriro wamashanyarazi muntara zirenga zitandatu (6), bakoresheje misille ndetse nama drone. Byatumye habura umuriro hafi mugihugu cose ca Ukraine.

Ibi bitero bikaba bigabwe nyuma yuko umukuru wigihugu ca Ukraine bwana zelenisky arangije urugendo yagiriye mubihugu byuburayi bafitanye umubano, ubwo yarimo asaba abakuru bibi bihugu gukomeza kumutera inkunga mubirwanisho ndetse nindege zintambara.

Ukraine nanone yasabye igihugu ca Netherlands kubaha indege zintambara zomubwoko bwa F-16 , nkuko byavuzwe na ministre wingabo wikigihugu bwana kajsa ollongren, yemeje ubusabe bwa Ukraine bwindege zomubwoko bwa F-16 avugako bazabiganiraho na America hamwe nibindi bihugu bakorana.

Nanone président wa leta z’unze ubumwe za America (USA) , Joe Biden yavuzeko umwaka uzarangira woguterwa kwa Ukraine nu Burusiya, azawurangiriza mugihugu ca Poland kikaba arigihugu cikibanyi na Ukraine ndetse kirimubumwe bwa (NATO). Nkuko byavuzwe na maison Blanche nuko umukuru wigihugu ca America, azasura Poland kuva kuminsi 20-22 zukwakabiri agakoresha ikiganiro hejuru yi hohotera Uburusiya bukorera Ukraine ndetse akavuga uko reta zunze ubumwe za America, zashize imbaraga zishoboka mugufasha abanya Ukraine mukwirwanaho.

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

COLONEL NJIKO KAIKO, ARASABA UMURYANGO WA EAC GUFATIRA IBIHANO INGABO ZA M23, NGO KUKO BANZE KUBAHIRIZA AMASEZERANO Y'ILUANDA.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?