• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Imirwanire y’ingabo z’inkotanyi yarahinduwe nyuma y’urupfu rwa Major Dr Bayingana na mugenzi we Bunyenyezi, menya uko yahinduwe.

minebwenews by minebwenews
July 25, 2024
in sport & entertainment
0
Imirwanire y’ingabo z’inkotanyi yarahinduwe nyuma y’urupfu rwa Major Dr Bayingana na mugenzi we Bunyenyezi, menya uko yahinduwe.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwanire y’ingabo z’inkotanyi yarahinduwe nyuma y’urupfu rwa Major Dr Bayingana na mugenzi we Bunyenyezi, menya uko yahinduwe.

You might also like

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

Ku itariki ya 23/10/1990 nibwo major Dr Peter Bayingana na mugenzi we Bunyenyezi batabarutse, nyuma y’urugamba barwanye rukaze, aho barwanaga intambara yo guhangana barebana n’ingabo za FAR (ingabo za perezida Habyarimana Juvenal).

Amateka avuga ko Inkotanyi zigitangira urugamba rwo kubohora igihugu cy’u Rwanda zarwanye urugamba rwo guhangana n’umwanzi barebana amaso ku yandi (Convention Warfare), ariko ibi ngo bikaba byaratumye abasirikare benshi ba RPF Inkotanyi bapfa kuko umwanzi bari bahanganye yari afite ibikoresho by’agisirikare byinshi, birimo n’imbunda zirasa kure ndetse n’indege z’intambara.

Rero urupfu rwa Major Dr Peter Bayingana na mugenzi we Bunyenyezi nawe wari ufite ipeti rya Major bamaze gupfa, Inkotanyi zahinduye imirwanire.

Nk’uko ay’amateka akomeza avuga Bayingana yavuganye na Bunyenyezi ko bari burwane mupaka basubije umwanzi inyuma, banasezerana ko baza guhurira i Ryabega ho mu Mutara. Bayingana n’ingabo yari ayoboye bahagurutse bava Kagitumba undi nawe ava Nyagatare, byarabaye bararwana uwo munsi ariko amasaha y’umugoroba baza kugwa mu gico bararaswa b’itaba Imana.

Bayingana yaguye ahitwa Kamagiri mu gihe Bunyenyezi we yaguye mu gace kari hagati ya Nyagatare na Ryabega.

Kuva uwo munsi, Paul Kagame wari umaze kuba umuyobozi mukuru mu ngabo za RPF Inkotanyi yahise afata umwanzuro wo guhindura imirwanire, aho kurwana ingabo ze zihanganye, ahitamo ko zi zajya zirwana zikoresheje gufata ambush, nubwo uko guhangana batabiretse burundu, ariko byahise biba gake.

Imirwanire y’ingabo z’inkotanyi ya mbere ngo yasize ihitanye abasirikare benshi kandi barimo n’abayobozi bari bakomeye mu nkotanyi.

Ikindi kandi mbere y’uko Paul Kagame ahindura iyi mirwanire yabanje gusaba ingabo ze gusubira inyuma maze bakijenga bundi bushya.

Muri uku kuvuka bundi bushya kw’i nkotanyi, niho urugamba rwakomereye ingabo za Habyarimana Juvenal, ibikoresho byabo bizihindukira umwanzi ukomeye kuko zaje kwigarurirwa n’inkotanyi.

Maze karahava, mu gihe gito ahagana mu mwaka w’ 1994 u Rwanda rwose rufatwa n’ingabo zari ziyobowe na Paul Kagame.

             MCN.
Tags: BunyenyeziImirwanireInkotanyiIrahindurwaNyuma y'urupfu rwa Major Dr Peter Bayingana
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

by Bahanda Bruce
November 16, 2025
0
Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria Umwuka w’amashyushyu uri hejuru mu bakunzi ba Les Léopards, aho Congo RDC yitegura guhura na Nigeria mu mukino wa...

Read moreDetails

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

by Bahanda Bruce
November 14, 2025
0
Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Igitaramo cy'amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba Umuhanzi w’icyamamare wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), Fally Ipupa, yongeye...

Read moreDetails

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga Umuhanzi w’icyamamare Kitoko Bibarwa, ufite inkomoko mu karere k'i Mulenge muri Kivu y’Epfo, yagarutse mu Rwanda ku wa...

Read moreDetails

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda Abaririmbyikazi Vestine na Dorcas bakomeje kugaragaza ubuhanga n’ubushake bwo guteza imbere umuziki wa gospel mu Rwanda. Nyuma yo...

Read moreDetails

Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend

Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend Weekend y’iki cyumweru yari yuzuyemo ibihe bishimishije muri shampiyona ya Premier League, aho amakipe menshi yakinnye imikino ishimishije, abakinnyi...

Read moreDetails
Next Post
Mpuruyaha, y’urubanza rwa Corneille Nangaa waburanishijwe adahari i Kinshasa ku murwa mukuru wa RDC.

Mpuruyaha, y'urubanza rwa Corneille Nangaa waburanishijwe adahari i Kinshasa ku murwa mukuru wa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?