• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imirwano hagati ya FARDC na M23 yongeye gukangana nyuma y’uko ihinduye isura.

minebwenews by minebwenews
January 23, 2025
in Regional Politics
0
Imirwano hagati ya FARDC na M23 yongeye gukangana nyuma y’uko ihinduye isura.
133
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano hagati ya FARDC na M23 yongeye gukangana nyuma y’uko ihinduye isura.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Abanye-kongo benshi batuye mu mujyi wa Goma batangiye guhungira mu gihugu cy’u Rwanda, nyuma y’aho ingabo z’u mutwe wa M23 zazengurutse uwo mujyi mu nini w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ubu bwoba bwateye abaturiye i Goma mu gihe M23 yafashe Sake mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 23/01/2025.

Iyi mirwano ikaba yakomereje mu bindi bice biherereye mu nkengero za Sake, nka hitwa Mubambiro, n’ahandi nka za Mugunga.

Ibi byatumye abenshi mu baturiye utwo duce bahungira i Goma, ariko kandi n’abaturage b’i Goma bakaba nabo bari guhungira mu Rwanda.

Nyamara kandi, ahagana isaha ya saa sita z’amanywa zo kuri uyu wa kane, ibimodoka by’intambara by’ingabo za RDC byinshi byongeye kwerekeza mu nkengero za Sake aho kuri ubu hari ku mvikana urusaku rw’imbunda rwinshi, ndetse biravugwa ko indege z’intambara za FARDC zirimo kurasa mu mujyi wa Sake uwo M23 yigaruriye.

Ku mupaka muto uhuza Goma na Gisenyi, hari abantu benshi baherekeza bava i Goma bahunga bagana mu Rwanda.

Umuturage uherereye muri ibyo bice yabwiye Minembwe.com ati: “Abadipolomate bose bari i Goma bahungiye mu Rwanda. Kandi n’abaturage benshi bari guhunga bava i Goma, bari kuja mu Rwanda.”

Yakomeje agira ati: “Ntabwo twizeye umutekano wacu mu mujyi wa Goma.”

Imirwano ikomeje gusatira umujyi wa Goma nyuma y’uko M23 ifashe ibice byerekeza muri Kivu y’Amajy’epfo, aho bivugwa ko aba barwanyi bageze ku birometero 62 uvuye mu mujyi wa Goma werekeza i Bukavu.

Uretse Sake na Minova abarwanyi ba M23 binjiye ku kirwa cya Matanda cyegeranye na Nzulo ibikomeje gutera ubwoba abatuye umujyi wa Goma.

Impungenge ku batuye umujyi wa Goma ni nyinshi ndetse n’abajyana ibicuruzwa mu mujyi wa Goma, imodoka zabo ntizirimo kwambuka, inyinshi ziri mu mujyi wa Gisenyi.

Ibindi bikanganye cyane, n’uko imirwano ikomeje i Masisi na Lubero mu gihe kandi abarwanyi ba M23 berekeza i Butembo na Kivu y’Amajy’epfo, ndetse abandi muri aba barwanyi bari kwerekeza ku bwinshi i Walikale bazakomereza muri Kivu y’Amajy’epfo.

Tags: GomaguhungaM23
Share53Tweet33Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Ibya Tshisekedi na Ndayishimiye byo kurimbura Abatutsi byashyizwe ku karubanda.

Ibya Tshisekedi na Ndayishimiye byo kurimbura Abatutsi byashyizwe ku karubanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?