• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yongeye gufata indi ntera.

minebwenews by minebwenews
March 4, 2024
in Regional Politics
0
Imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yongeye gufata indi ntera.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano iremereye yongeye kubura kuri uyu wa Mbere, hagati ya M23 n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatumye abaturage benshi bongera guhunga mu bice bya teritware ya Masisi na Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Ni ahagana isaha ya saa kumi n’imwe z’igitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 04/03/2024, n’ibwo biriya bitero byatangiye, nk’uko bye mejwe n’umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma.

Willy Ngoma yagize ati: “Kuva igihe cya saakumi n’imwe n’iminota 25, abo kuruhande rwa Guverinema, abanzi bamahoro, bateye ibirindiro byacu, biri muri axe ya Mabenga, ariko ingabo z’intare zisarambwe, turi kw’irwanaho kinyamwuga, kandi turaza kubavugutira umuti.”

Yunzemo kandi ati: “Ririya huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, bari gukoresha ingufu zumurengera mukurasa ibisasu biremereye, amaherezo yabyo nuko ducyecekesha imbaraga z’u mu ijima.”

Iy’i mirwano yongeye gufata indi ntera mugihe uruhande rwa leta ya Congo, bari kurasa Ibisasu bidasanzwe. Bibaye nyuma y’uko harangiye i Nama y’abagaba bakuru b’Ingabo z’ibihugu byo hereje abasirikare gufasha ingabo za FARDC kurwanya M23.

Muri iyo Nama basuzumye uko umutekano uhagaze ndetse banashiraho izindi ngamba nshyasha zo guhuza ibikorwa na FARDC mu rwego rwo gushaka icya mara imbaraga z’u mutwe wa M23.

Hizwe kandi uko Sadc, FARDC, ingabo z’u Burundi bazakorana na FDLR ndetse na Wazalendo, k’urugamba rwo k’ubutaka, mu mazi no mukirere.

Nyuma yamasaha make iriya Nama irangiye urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito yahise y’umvikana mu bice byo muri teritware ya Masisi na Rutsuru.

Iy’i mirwano yabereye muri Mabenga, Mweso na Kirima, mu birometre 17 uvuye i Kibizi.

Imirwano yo kuri uyu wa Mbere, yongeye gutuma abaturage ibihumbi n’ibihumbi bata izabo mu bice bya bereyemo urugamba.

Kurundi ruhande mu masaha y’ubu nyuma saa tanu, urusaku rw’imbunda ziremereye rw’u mvikanye mu duce twa Muti, Kauma, Nyabitege na Lushebere.

           MCN.
Tags: FardcFDLRImirwanoM23SADCYongeye gufata indi ntera
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
Abategetsi bo mu ishaka riri k’ubutegetsi mu Burundi, ntibacana uwaka kubiheruka gutanzwa na perezida wabo, Evariste Ndayishimiye.

Abategetsi bo mu ishaka riri k'ubutegetsi mu Burundi, ntibacana uwaka kubiheruka gutanzwa na perezida wabo, Evariste Ndayishimiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?