• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yongeye gufata indi ntera.

minebwenews by minebwenews
March 4, 2024
in Regional Politics
0
Imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yongeye gufata indi ntera.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano iremereye yongeye kubura kuri uyu wa Mbere, hagati ya M23 n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatumye abaturage benshi bongera guhunga mu bice bya teritware ya Masisi na Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ni ahagana isaha ya saa kumi n’imwe z’igitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 04/03/2024, n’ibwo biriya bitero byatangiye, nk’uko bye mejwe n’umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma.

Willy Ngoma yagize ati: “Kuva igihe cya saakumi n’imwe n’iminota 25, abo kuruhande rwa Guverinema, abanzi bamahoro, bateye ibirindiro byacu, biri muri axe ya Mabenga, ariko ingabo z’intare zisarambwe, turi kw’irwanaho kinyamwuga, kandi turaza kubavugutira umuti.”

Yunzemo kandi ati: “Ririya huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, bari gukoresha ingufu zumurengera mukurasa ibisasu biremereye, amaherezo yabyo nuko ducyecekesha imbaraga z’u mu ijima.”

Iy’i mirwano yongeye gufata indi ntera mugihe uruhande rwa leta ya Congo, bari kurasa Ibisasu bidasanzwe. Bibaye nyuma y’uko harangiye i Nama y’abagaba bakuru b’Ingabo z’ibihugu byo hereje abasirikare gufasha ingabo za FARDC kurwanya M23.

Muri iyo Nama basuzumye uko umutekano uhagaze ndetse banashiraho izindi ngamba nshyasha zo guhuza ibikorwa na FARDC mu rwego rwo gushaka icya mara imbaraga z’u mutwe wa M23.

Hizwe kandi uko Sadc, FARDC, ingabo z’u Burundi bazakorana na FDLR ndetse na Wazalendo, k’urugamba rwo k’ubutaka, mu mazi no mukirere.

Nyuma yamasaha make iriya Nama irangiye urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito yahise y’umvikana mu bice byo muri teritware ya Masisi na Rutsuru.

Iy’i mirwano yabereye muri Mabenga, Mweso na Kirima, mu birometre 17 uvuye i Kibizi.

Imirwano yo kuri uyu wa Mbere, yongeye gutuma abaturage ibihumbi n’ibihumbi bata izabo mu bice bya bereyemo urugamba.

Kurundi ruhande mu masaha y’ubu nyuma saa tanu, urusaku rw’imbunda ziremereye rw’u mvikanye mu duce twa Muti, Kauma, Nyabitege na Lushebere.

           MCN.
Tags: FardcFDLRImirwanoM23SADCYongeye gufata indi ntera
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails
Next Post
Abategetsi bo mu ishaka riri k’ubutegetsi mu Burundi, ntibacana uwaka kubiheruka gutanzwa na perezida wabo, Evariste Ndayishimiye.

Abategetsi bo mu ishaka riri k'ubutegetsi mu Burundi, ntibacana uwaka kubiheruka gutanzwa na perezida wabo, Evariste Ndayishimiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?