• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Imirwano ikomeye hagati y’Ingabo za RDC na AFC/M23 nyuma y’isinywa ry’amasezerano.

minebwenews by minebwenews
July 21, 2025
in Conflict & Security
0
Ingabo z’u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano ikomeye hagati y’Ingabo za RDC na AFC/M23 nyuma y’isinywa ry’amasezerano.

You might also like

FARDC yateye ibisasu yifashije drone mu duce dutuwe n’abaturage, bihitana abatari bake

Haravugwa imirwano ikomeye hagati ya wazalendo na AFC/M23 mu bice bya Rutshuru

Amagambo abiri yazamuye imbamutima za benshi, ayavuzwe na Gen. Makanika

Nyuma y’amasaha make gusa, Repubulika ya demokarasi ya Congo n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, bishyize umukono ku masezerano abaganisha ku mahoro, habaye imirwano ikaze hagati y’izi mpande zombi muri teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Ni imirwano amakuru agaragaza ko yadutse ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 20/07/2025, ibera mu gace kitwa Businga no mu nkengero zako.

Amakuru akomeza avuga ko iyi mirwano yahagaritse ibikorwa byinshi byo muri grupema ya Nyangenzi.

Bikavugwa ko isoko ryaho riremera aha i Businga ku cyumweru, mu gihe kuri uwo munsi usanga ryakubise rikuzura, ariko ryarimo ubusa.

Amaduka yari yafunzwe, imihanda iri gutyo, kandi abaturage baho bari bafite ubwoba bwinshi.

Sosiyete sivili yamaganye iby’iyo mirwano, ngo kuko itwara ubuzima bw’abaturage benshi, ndetse kandi igahagarika ibikorwa byabo, binyanye n’iterambere.

Benshi mu baturage bari batuye hafi na Businga yari yagabwemo ibyo bitero by’ihuriro ry’Ingabo za RDC, bahatiwe kuguma mu mago, ku mpamvu z’iyo ntambara.

Mu gihe kandi n’abatuye ahaberaga imirwano bahunze, berekeza mu bindi bice bitekanye nk’uko amakuru akomeza abivuga.

Tags: AFC/m23BusingaImirwanoRdc
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

FARDC yateye ibisasu yifashije drone mu duce dutuwe n’abaturage, bihitana abatari bake

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
FARDC yateye ibisasu yifashije drone mu duce dutuwe n’abaturage, bihitana abatari bake

FARDC yateye ibisasu yifashije drone mu duce dutuwe n'abaturage, bihitana abatari bake Ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, zakoresheje indege z'itagira abapilote za drones, zitera ibisasu...

Read moreDetails

Haravugwa imirwano ikomeye hagati ya wazalendo na AFC/M23 mu bice bya Rutshuru

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Haravugwa imirwano ikomeye hagati ya wazalendo na AFC/M23 mu bice bya Rutshuru

Haravugwa imirwano ikomeye hagati ya wazalendo na AFC/M23 mu bice bya Rutshuru Abarwanyi ba Wazalendo bafatanya n'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, kurwanya umutwe wa AFC/M23...

Read moreDetails

Amagambo abiri yazamuye imbamutima za benshi, ayavuzwe na Gen. Makanika

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Amagambo abiri yazamuye imbamutima za benshi, ayavuzwe na Gen. Makanika

Amagambo abiri yazamuye imbamutima za benshi, ayavuzwe na Gen. Makanika Twagarutse ku magambo abiri akunze kubyutsa imbamutima za benshi ahanini ku Banyamulenge, yavuzwe n'intwari ikomeye kuri ubu bwoko...

Read moreDetails

Iby’ifoto ya Tshisekedi yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Iby’ifoto ya Tshisekedi yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga

Iby'ifoto ya Tshisekedi yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga Ku mbuga nkoranyambaga harimo gusakazwa i foto igaragaza uwitwa Mike Tyson, umuteramakofi, afashe ku rutugu rwa perezida wa Repubulika ya...

Read moreDetails

FARDC iri guhungishiriza mu Burundi ibikoresho byayo bikaze

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
FARDC iri guhungishiriza mu Burundi ibikoresho byayo bikaze

FARDC iri guhungishiriza mu Burundi ibikoresho byayo bikaze Ibikoresho bya gisirikare by'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, muri Uvira, iki gisirikare cyatangiye kubihungishiriza i Bujumbura mu...

Read moreDetails
Next Post
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Impaka zadutse ku masezerano ya Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?