Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imirwano ikaze yongeye kubera muri teritware ya Lubero.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 5, 2024
in Regional Politics
0
Imirwano ikaze yongeye kubera muri teritware ya Lubero.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano ikaze yongeye kubera muri teritware ya Lubero.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Kuri uyu wa kane tariki ya 05/12/2024, imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yongeye gukara muri teritware ya Lubero mu ntara ya Kivu Yaruguru.

Amakuru ava i Lubero avuga ko “saa ine z’igitondo cyo kuri uyu wa kane, kwaribwo imirwano yatangiye aho yabereye i Kaseghe na Mighobwe,” uduce twegereye komine ya Kirumba. Ni imirwano yabaye hagati ya M23 na FARDC n’abambari bayo.

Ahar’ejo kandi iz’impande zombi zararwanye; ndetse uruhande rwa Leta ruza no gutangaza ko rwabohoje uduce twa Mighobwe na Kaseghe, usibye ko Minembwe.com yabwiwe n’abamwe mu barwanyi ba M23 ko ataribyo, hubwo ko ari bo bari muri utwo duce.

Ati: “M23 niyo iri Mighobwe na Kaseghe, no mu nkengero zayo. Bariya ibyo batangaza siko kuri ukuri ni uko bimeze, ni twe duhari.”

Iyi mirwano yabaye kuri uyu wa kane, ije ikurikira iyabaye ku wa mbere, ku wa kabiri no ku wa gatatu; aho yikurikiranyije iminsi ine, mu gihe abarwana bakabaye bari kubahiriza agahenge kasabwe n’ibiganiro by’i Luanda, bihuriweho n’u Rwanda, RDC na Angola.

Ku wa kabiri ushize, umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka yatangaje ko uruhande rwabo rwatewe mu birindiro biherereye mu majyepfo ya Lubero.

Ariko nubwo uruhande rurwanirira Leta y’i Kinshasa arirwo rutangiza imirwano, biza kurangira M23 ibirukanye, kandi igakomeza kwagura ubutaka igenzura.

Tags: FardcImirwanoLuberoM23
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Gen. Muhoozi yatangaje uzasimbura se ku butegetsi muri Uganda.

Gen. Muhoozi yatangaje uzasimbura se ku butegetsi muri Uganda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?