Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Imirwano ikaze yongeye kubura muriki Gitondo co kuwa Gatatu aho M23 ngoyaba yegereje gufata Kitchanga .

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 11, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano ikaze yongeye kubura muriki Gitondo canone kuwa Gatatu tariki 11/10/2023. N’imirwano byavuzwe ko irimo guhanganisha M23 n’ihuriro ry’imitwe myinshi ifasha Ingabo za RDC kurwanya M23. Iyi ntambara ikaba yatangiye Isaha zibiri(8:00Am) kumasaha yo M’uburasirazuba bwa RDC.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News, yemeza ko iyo mirwano irimo kubera kumusozi uri mubirometero bi Biri(2km) no mu Bwiza. Aka gace kagumye kuberamo imirwano kuva iyi ntambara ya duka muntangiriro z’uku kwezi kwa Cumi(10), aho MCP iheruka guhabwa amakuru ko aha haheruka kubera imirwano yica Wazalendo babarigwa mu magana atatu (300).

Aka gace ka Bwiza kazwiho kuba karigeze kuba ikigo gikomeye cyahozemo Ingabo zayoborwaga na General Laurent Nkunda wari uyoboye ishyaka rya CNDP.

Iyi mirwano yahazindukiye ngo y’aba igamije gusubiza umutwe wa M23 u Mujyi wa Kitchanga baheruka gufata maze baza kuwikuramo rugikubita ukaba kuri none ugenzurwa n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), Wazalendo, FDLR n’ingabo za Barundi ziri Mubutumwa bwa Mahoro M’uburasirazuba bwa RDC.

Iyi nkuru ikomeza ivuga ko aba basirikare ba M23 ko barikurwana muburyo bukomeye nimugihe ngo Wazalendo bamaze gushira imbunda kurutugu bakaba bari guhunga umugenda wose! M23 nayo ikaba ikomeje gusatira ifata ibindi bice bigana mu marembo ya Kitchanga.

Uwatanze ayamakuru yagize ati: “Nintambara itoroshe irimo kumvikanamo imbunda ziremereye kandi FARDC na Wazalendo bakomeje guhunga.”

Iyi mirwano kandi yavuzwemo Ingabo za Barundi ko z’injiye gufasha FARDC na Wazalendo ndetse na FDLR. Umutwe wa M23 ukaba wongeye gushinja irihuriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ishigikiwe na Leta ya Kinshasa kw’ica Abatutsi mubice bitandukanye biri muri teritware ya Masisi, Nyiragongo na Rutsuru. Nibyavuzwe mw’itangazo bamaze gushira hanze kuri uyu wa Gatatu.

By Bruce Bahanda.

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Wazalendo bahaye Ingabo za EAC amasaha 48h, kuba bavuye k'ubutaka bwa RDC bitaba ibyo bakabahakura kumbaraga zokubarwanya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?