• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Imirwano ikomeje guhanganisha ihuriro ry’Ingabo za RDC na M23 irimo kugwamo abasirikare bakuru b’iki gihugu cya RDC.

minebwenews by minebwenews
May 27, 2024
in World News
0
Imirwano ikomeje guhanganisha ihuriro ry’Ingabo za RDC na M23 irimo kugwamo abasirikare bakuru b’iki gihugu cya RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano ikomeje guhanganisha ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo na M23 irimo kugwamo abasirikare bakuru b’iki gihugu cya RDC.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni mirwano isize ihitanye komanda batayo ya 1201, bwana Lt Col Didieu, nk’uko iy’inkuru tuyikesha amasoko yacu.

Avuga ko uyu komanda batayo yapfuye mu mirwano yabaye kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 26/05/2024, akaba yaraguye mu gace kitwa Mirangi ko muri teritware ya Rutshuru.

Ninyuma y’imirwano ikaze yabereye mu duce twinshi two muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Kalehe ho mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Iyi mirwano yabereye ahitwa Rwindi, Kibirizi, Kashalira, Kutolo, Kikuku, Bwalanda.

Nk’uko amasoko yacu abivuga n’uko iriya mirwano yatangiye igihe c’isaha z’igitondo cyakare igeza isaha z’umugoroba wajoro.

Ay’amakuru akomeza avuga ko iy’i mirwano yasize M23 y’igaruriye ibi bice kandi yambura n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ibikoresho by’agisirikare byinshi harimo n’ibikoresho by’ikorana buhanga.

Ahandi habereye urugamba rukaze nimuri teritware ya Masisi, mu bice biherereye ku misozi ya Ndumba. Aha ni mu bice by’unamiye Centre ya Sake.

Hagati aho indi mirwano ikomeye irimo kubera mu bice byo muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ndetse uduce twinshi M23 imaze kutubohoza harimo n’ibice byegereye centre ya Minova.

               MCN.
Tags: ImirwanoM23Yafashe ibice byinshi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Mu bice byo muri grupema ya Kanyaboyonga harikumvikana ibiturika bikomeye byatumye haba uguhungabana ku mu tekano.

Mu bice byo muri grupema ya Kanyaboyonga harikumvikana ibiturika bikomeye byatumye haba uguhungabana ku mu tekano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?