Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imirwano ikomeye yongeye kubura i Rutshuru muri Kivu Yaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 11, 2024
in Regional Politics
1
Imirwano ikomeye yongeye kubura i Rutshuru muri Kivu Yaruguru.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano ikomeye yongeye kubura i Rutshuru muri Kivu Yaruguru.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Honeye kuvugwa amakuru y’imirwano yaramukiye mu bice byo muri teritwari ya Rutshuru, hagati y’umutwe wa m23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

Ni imirwano yatangiye igihe c’isaha z’igitondo cya kare cyo kuri uyu wa 11/11/2024.
Agace iyi mirwano yavuzwemo ni aka Shonyi na Kavumu ho muri teritwari ya Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Uruhande rwaba rwatangiye iyi mirwano, abaturiye ibyo bice baravuga ko ari uru rwana ku ruhande rwa Leta, ngo kuko ibiturika byumvikaniye mu duce dufitwe n’abarwanyi ba m23, bikavugwa ko bagabweho igitero.

Ku mu goroba wo ku Cyumweru, hari amakuru yaje avuga ko abarwanyi ba M23 bagaragaye kubwinshi bava mu gace ka Ruginga, ndetse ko bamwe muri abo barwanyi bakomeje bagana ahitwa Kabaya ho muri Rumangabo muri teritwari ya Rutshuru.

Umuturage watanze ubwo butumwa yagize ati: “Muri Ruginga, abasirikare ba M23 bari kuhava bakagana i Kabaya kuri iki Cyumweru. Ntabwo tuzi impamvu ariko bari kuza n’ibintu byabo byinshi birimo ibikoresho byagisirikare.”

Ibi bikavugwa ko biri mubyatumye umutwe wa M23 ugabwaho ibitero by’ingabo zo ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa, n’ubwo ibitero by’izo ngabo ntacyo bihindura, ni mu gihe birangira n’ubundi Fardc n’abambari bayo bayabangiye ingata.

Gusa, ibyo bibaye mu gihe Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zari zamaganye intambara ikomeje kubica bigacika mu Burasirazuba bwa RDC. Inasaba ko impande zihanganye muri Kivu Yaruguru zigomba kubahiriza agahenge kemeranyijweho mu biganiro by’i Luanda.

Tags: FardcIntambaraM23Rutshuru
Share40Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
M23 yagaragaje ibyirengagijwe mu gufata imyanzuro yo guhagarika imirwano.

M23 yagaragaje ibyirengagijwe mu gufata imyanzuro yo guhagarika imirwano.

Comments 1

  1. Fabrice says:
    8 months ago

    Happy

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?