• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imirwano yabaye ejo hashize yongeye gutuma abaturage bahunga ku bwinshi muri teritware ya Masisi.

minebwenews by minebwenews
January 22, 2024
in Regional Politics
0
Imirwano yabaye ejo hashize yongeye gutuma abaturage bahunga ku bwinshi muri teritware ya Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano yabaye ejo ku Cyumweru, tariki ya 21/01/2024, yongeye gusiga abaturage benshi bahunze ibice bya Karuba no mu nkengero zaho, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Nk’uko bya vuzwe iriya mirwano yabaye k’umunsi w’ejo, havuzwe mo n’Ingabo za SADC aho ndetse amakuru avuga ko umwe mubayobozi bishirahamwe rya SADC ko yari yaje kugenzura ibikorwa by’izi Ngabo, umunyamahanga mukuru wa SADC Magosi, ukomoka mu gihugu ca Botswana.

Kugeza ubu Ingabo za SADC ziri mu Burasirazuba bwa RDC, zigizwe n’ingabo za Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania.

Bityo rero imirwano yabaye ejo ihuje M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC na SADC, yaje guhagarara mu masaha y’ijoro rishira kuri uyu wa Mbere, tariki ya 22/01/2024.

N’i mirwano bivugwa ko yabereye mubice byinshi harimo Kibumba, Karuba no mu nkengero zaho.

Ibi byemezwa n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, aho yavuze ko biriya bitero leta ya Kinshasa n’abayifasha kurwana aribo FDLR, FARDC, Abacanshuro Ingabo z’u Burundi na Wazalendo ndetse na SADC, ko bifashishe drone n’imbunda zirasa kure, barasa ibisasu mu baturage.

Kanyuka yagize ati: “Kuriki Cyumweru, tariki ya 21/01/2024, ihuriro ry’Ingabo za RDC n’imitwe ifatanya nazo hamwe n’izi Ngabo za SADC, bagabye ibitero mu baturage, mu duce twa Mapati na Karuba, muri teritware ya Masisi na Kibumba, muri Nyiragongo.”

Uruhande rwa leta ya Kinshasa ntacyo baratangaza ku bijanye n’intambara yabaye ku Cyumweru.

Gusa amakuru agera kuri Minembwe Capital News, yemeza ko iy’i mirwano yongeye gutuma abaturage bongera guhunga k’ubwinshi mu bice bya bereyemo imirwano, aho bivugwa ko bahungiye muri Rutsuru abandi berekeza muri Nyiragongo.

Umuryango w’Abibumbye wari uheruka gusohora raporo nshya ivugako ingabo za FARDC zifatanije n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Maï Maï na Nyatura yahujwe ikitwa Wazalendo, n’Ingabo z’u Burundi, M23 kuri ubu ivugako hiyongereye n’Ingabo za SADC.

Iby’uko ingabo z’u Burundi zihuje n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, leta ya Bujumbura yabiteye utwatsi.

Bruce Bahanda.

Tags: ImirwanoMasisiYongeye gutuma abaturage bahunga k'ubwinshi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w'Umwami Musinga yatabarutse Igikomangomakazi Speciose Mukabayojo, umukobwa w'Umwami Yuhi V Musinga wategetse u Rwanda, yatabarutse ku myaka 93. Ni amakuru yemejwe n'abo mu muryango...

Read moreDetails

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano yongeye gukomera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa na SADC.

Imirwano yongeye gukomera mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa na SADC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?