• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imirwano yabaye ejo hashize yongeye gutuma abaturage bahunga ku bwinshi muri teritware ya Masisi.

minebwenews by minebwenews
January 22, 2024
in Regional Politics
0
Imirwano yabaye ejo hashize yongeye gutuma abaturage bahunga ku bwinshi muri teritware ya Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano yabaye ejo ku Cyumweru, tariki ya 21/01/2024, yongeye gusiga abaturage benshi bahunze ibice bya Karuba no mu nkengero zaho, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Nk’uko bya vuzwe iriya mirwano yabaye k’umunsi w’ejo, havuzwe mo n’Ingabo za SADC aho ndetse amakuru avuga ko umwe mubayobozi bishirahamwe rya SADC ko yari yaje kugenzura ibikorwa by’izi Ngabo, umunyamahanga mukuru wa SADC Magosi, ukomoka mu gihugu ca Botswana.

Kugeza ubu Ingabo za SADC ziri mu Burasirazuba bwa RDC, zigizwe n’ingabo za Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania.

Bityo rero imirwano yabaye ejo ihuje M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC na SADC, yaje guhagarara mu masaha y’ijoro rishira kuri uyu wa Mbere, tariki ya 22/01/2024.

N’i mirwano bivugwa ko yabereye mubice byinshi harimo Kibumba, Karuba no mu nkengero zaho.

Ibi byemezwa n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, aho yavuze ko biriya bitero leta ya Kinshasa n’abayifasha kurwana aribo FDLR, FARDC, Abacanshuro Ingabo z’u Burundi na Wazalendo ndetse na SADC, ko bifashishe drone n’imbunda zirasa kure, barasa ibisasu mu baturage.

Kanyuka yagize ati: “Kuriki Cyumweru, tariki ya 21/01/2024, ihuriro ry’Ingabo za RDC n’imitwe ifatanya nazo hamwe n’izi Ngabo za SADC, bagabye ibitero mu baturage, mu duce twa Mapati na Karuba, muri teritware ya Masisi na Kibumba, muri Nyiragongo.”

Uruhande rwa leta ya Kinshasa ntacyo baratangaza ku bijanye n’intambara yabaye ku Cyumweru.

Gusa amakuru agera kuri Minembwe Capital News, yemeza ko iy’i mirwano yongeye gutuma abaturage bongera guhunga k’ubwinshi mu bice bya bereyemo imirwano, aho bivugwa ko bahungiye muri Rutsuru abandi berekeza muri Nyiragongo.

Umuryango w’Abibumbye wari uheruka gusohora raporo nshya ivugako ingabo za FARDC zifatanije n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Maï Maï na Nyatura yahujwe ikitwa Wazalendo, n’Ingabo z’u Burundi, M23 kuri ubu ivugako hiyongereye n’Ingabo za SADC.

Iby’uko ingabo z’u Burundi zihuje n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, leta ya Bujumbura yabiteye utwatsi.

Bruce Bahanda.

Tags: ImirwanoMasisiYongeye gutuma abaturage bahunga k'ubwinshi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko hari umugambi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa Amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru mpuzamahanga The Wall Street Journal agaragaza uko dipolomasi yo ku rwego rwo...

Read moreDetails

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini cya Dipolomasi mu Karere Igihe, bisabwe ku buryo bweruye na Perezida wa Angola, João Lourenço, Guverinoma ya Repubulika...

Read moreDetails

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika Mu mateka y’umugabane wa Afurika hagaragaye abantu bagize...

Read moreDetails

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, ategerejwe kwakira no kugirana ibiganiro na Gen. Dagvin...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano yongeye gukomera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa na SADC.

Imirwano yongeye gukomera mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa na SADC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?