• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Imirwano yabaye ejo mu misozi y’i Mulenge yafatiwemo imbunda ziremereye.

minebwenews by minebwenews
April 30, 2025
in Conflict & Security
0
Imirwano yabaye ejo mu misozi y’i Mulenge yafatiwemo imbunda ziremereye.
112
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano yabaye ejo mu misozi y’i Mulenge yafatiwemo imbunda ziremereye.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Ku munsi w’ejo ku wa kabiri tariki ya,29/04/2025, ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye igitero ku mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 mu Rugezi, nticyazihira kuko ryagitakarijemo byinshi birimo ibikoresho.

Rugezi ni gice giherereye mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo.

Iki gice umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 byagifashe mu byumweru bitatu bishize nyuma y’aho zigihanganiyemo n’iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta mu mirwano yamaze iminsi ibiri bikarangira iyi mitwe ibiri ibarizwa muri Alliance Fleuve Congo (AFC) icyigaruriye cyose.

Kuva Rugezi yigaruriwe n’iyi mitwe ibiri ibarizwa muri AFC, iri huriro ry’ingabo za Congo zakomeje kuyigabamo ibitero, Twirwaneho na M23 bikabisubiza inyuma.

Ni muri ubwo buryo no ku munsi w’ejo ku wa kabiri iri huriro ryongeye kuyigabamo igitero, ariko amakuru ava muri ibyo bice agaragaza ko kitigeze gihira iri huriro ry’ingabo za Congo zakigabye.

Ni mu gihe zacyamburiwemo ibikoresho bya gisirikare birimo n’imbunda ziremereye n’izoroheje, kuko aya makuru agaragaza ko zacyamburiwemo imbunda ya mashini gani (Mashin Gun) irenze imwe n’izindi zito zo mu bwoko bwa AK-47 ndetse n’izo mubundi bwoko.

Sibyo gusa kuko kandi uyu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 byagifatiyemo amasasu menshi, ubundi kandi ruriya ruhande rwa Leta rugitakarizamo abasirikare bayo babarirwa mu mirongo, nk’uko aya makuru akomeza abivuga.

Umutangabuhamya yagize ati: “Yego mu Rugezi haratewe ejo ku wa kabiri. Ariko uruhande rwa Leta rwateye rwagitakarijemo abasirikare bayo benshi, ndetse n’ibikoresho byagisirikare byinshi.”

Aya makuru anagaragaza kandi ko iriya mirwano yabaye ku munsi w’ejo ku wa kabiri mu Rugezi yari iremereye nubwo itamaze umwanya munini.

Ati: “Imirwano yabaye mu Rugezi ejo ku wa kabiri yari iremereye cyane, ariko ntiyamaze umwanya munini.”

Uru ruhande rwa Leta rwagabye iki gitero rwaje ruturutse mu mashyamba y’i Lulenge ho muri teritware ya Fizi.

Uru ruhande rwa Leta rugizwe n’ingabo za FARDC, iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR. Ubundi kandi rwarimo n’Imbonerakure z’u Burundi.

Ibi bitero uru ruhande rwa Leta rubigaba rugamije kwisubize ibice rwa mbuwe muri iyi misozi y’i Mulenge ahazwi nk’iwabo w’Abanyamulenge.

Nubwo ibi bice bikomeza kugabwamo ibitero, ariko nanone ntibibuza ko uyu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 bikomeza kuzana impinduka nziza mu bice bigenzura byo muri iyi misozi y’i Mulenge. Ahanini abaturage babituye bafite amahoro n’ituze, ndetse kandi bakomeza kubaka n’imihanda n’ibindi bikorwa remezo.

Tags: IbikoreshoImirwanoRugezi
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yasezeranyije Abanye-Congo ibikomeye ariko byiza.

DRC President Tshisekedi Vows Lasting Peace After Historic Agreement with Rwanda

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?