• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Amajyepfo

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 22, 2025
in Conflict & Security
0
Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Amajyepfo
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Amajyepfo

You might also like

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero

Amakuru aturuka muri Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko imirwano yakomeye hagati y’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho n’Ingabo za Leta ya Congo, FARDC.

Ni imirwano yabaye mu gitondo cyo kuri uyu gatatu tariki ya 21/10/2025.

Amakuru akavuga ko yabereye ahitwa i Businga, agace gaherereye hagati ya Nyangenzi na Kamanyola mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Bivugwa ko iyi mirwano yahereye mu gitondo irakomeza, kugeza ku gicamunsi, ndetse ibice yabereyemo kugeza ubu mu ijoro biracyarimo byumvikanamo urusaku rw’intwaro ziremereye n’izoroheje.

Bikaba byanatumye abaturage baherereye muri ibyo bice bahunga, mu gihe hari n’abikingiranye mu ngo zabo kubera ubwoba bw’iyo mirwano.

Iyi mirwano ikomeje kuba mu gihe n’i Walikale muri Kivu Yaruguru, na ho bivugwa ko imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo yakomeye.

Iyo yo ikaba yabereye mu gace ka Mpety no mu nkengero zako.

Indege zitagira abapilote zizwi nka drones zateye ibisasu muri ibyo bice, ndetse kandi zinagaragara mu kirere cya Kashebere. Ariko aha muri Kashebere bikavugwa ko nta gitero zahagabye.

AFC/M23 yemeje aya makuru inahamya ko ziriya drones zagabye ibitero ahatuwe n’abaturage, kandi ko byahitanye abatari bake.

Andi makuru yo ku ruhande akavuga ko AFC/M23 yagerageje kurasa ziriya drones zateraga ibyo bisasu, bikanavugwa ko hari zahangirikiye, n’ubwo ntacyo uyu mutwe wabivuzeho.

Tags: AFC/m23FardcI BusingaImirwano
Share33Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20 Kapiteni Buba Ambwa Jean Denis, umusirikare ufite ipeti rya Kapiteni mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC),...

Read moreDetails

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, Jean-Jacques Pelusi, yagarutse mu mujyi wa Uvira kuri uyu wa Gatanu, tariki...

Read moreDetails

FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero

FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Point Zero, mu nkengero za santere ya Minembwe, aravuga ko kuri...

Read moreDetails

Guverineri Jean-Jacques Yasabye Ubumwe n’Imibanire Myiza Nyuma Yaho ageze i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Guverineri Jean-Jacques Yasabye Ubumwe n’Imibanire Myiza Nyuma Yaho ageze i Uvira

Guverineri Jean-Jacques Yasabye Ubumwe n’Imibanire Myiza Nyuma Yaho ageze i Uvira Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, Jean-Jacques Purusi, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23/01/2026, yongeye kugera mu...

Read moreDetails

Drone za FARDC Zagabye Ibitero mu Baturage i Buleusa

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Drone za FARDC Zagabye Ibitero mu Baturage i Buleusa

Drone za FARDC Zagabye Ibitero mu Baturage i Buleusa Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyagabye igitero cyifashishije indege zitagira abapilote (drone) mu bice bituwe n’abaturage...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru

AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?