• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imirwano yo kuri uyu wa Mbere, ihuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC, yongeye k’umvikana mubice byinshi harimo no muri Centre ya Sake.

minebwenews by minebwenews
February 12, 2024
in Regional Politics
0
Imirwano yo kuri uyu wa Mbere, ihuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC, yongeye k’umvikana mubice byinshi harimo no muri Centre ya Sake.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano yongeye kuvugwa mu bice byinshi muri teritware ya Masisi na Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

N’ibyatangajwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka aho amaze gushira inyandiko hanze akoresheje urubuga rwa X, avuga ko imirwano yongeye kubera mu bice birimo Sake, Kibumba no mu nkengero zigize ziriya Centre.

Kanyuka yavuze ko guhera isaha ya sakumi nazibiri n’iminota makumyabiri ko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko bateye uduce two muri Grupema ya Kamuronza, ariho Centre ya Sake ibarizwa, uduce avuga ko twatewe harimo Kimoka, Malehe, Madimba, Macofee, Mitumbaro, Kihira ya 1 niya 2, Kirotshe no munkengero zayo.

Uy’u muvugizi wa M23 yakomeje avuga ko ibi bitero by’ihuriro ry’Ingabo za RDC ko birimo gushira abaturiye ibyo bice mukaga ga komeye, bityo ko imiryango mpuzamahanga idakwiye guceceka ko hubwo bagomba kugira icyo bakora.

Yagize ati: “Turamagana ugucyeceka kw’i miryango mpuzamahanga, mugihe ibitero by’ingabo za leta ya Kinshasa bikomeje gushira abasivile mu kaga. Ubwoko bw’Abatutsi bukomeje kwicwa na Tshisekedi Tshilombo n’ingabo ze, arizo FARDC, FDLR, Wagner, ingabo z’u Burundi, Wazalendo na SADC.”

K’u wa Gatandatu wicyumweru gishize n’ibwo kandi hari habaye imirwano mu bice birimo ibyo muri teritware ya Masisi na Nyiragongo nk’uko byongeye uy’u munsi k’u wa Mbere.

Imirwaro yabaye kuri uwo wa Gatandatu bya vuzwe ko M23 yafashe matekwa ninshi ahanini ifata abo mu ngabo za Tanzania n’aba Malawi ndetse ifata n’ibikoresho byinshi by’agisirikare harimo imbunda n’ibyuma bikoreshwa mw’itumanaho, nk’uko MCN yahawe amakuru n’umurwanyi wa M23.

Iyo mirwano yafashe umunsi wose kuko yahereye igihe c’isaha z’igitondo igeza isaha z’umugoroba wa joro.

Bruce Bahanda.

Tags: FardcFDLRIhuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa KinshasaImirwanoKibumbaM23MasisiNyiragongoSADC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Ibice birimo Kanyabuki, by’i garuriwe n’ingabo za General Sultan Makenga, kuri uyu wa Mbere.

Ibice birimo Kanyabuki, by'i garuriwe n'ingabo za General Sultan Makenga, kuri uyu wa Mbere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?