• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Imitwe ibiri y’inyeshamba yari yarashinzwe kugira ngo yice Abanyamulenge (Tutsi) basubiranyemo bararimburana muri teritware ya Fizi.

minebwenews by minebwenews
October 4, 2023
in Uncategorized
0
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa uruja n’uruza rw’abaturage bo m’ubwoko bwa Bapfulero, Ababembe na Banyindu, bakomeje guhunga intambara z’abana babo mubice bya Kashongo na Mulinga no munkengero zaho aho ni muri Groupement y’Abashimukuma yo mu Majy’Aruguru, muri Secteur ya Tanganyika mu Misozi iherereye hagati y’umusozi muremure n’Umuhanda ufite nimero 5, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Minembwe Capital News, yabwiwe ko aha hari imitwe ibiri y’inyeshamba ahanini igwiriyemo abahoze muri Mai Mai bakaza kw’iyita Wazalendo, abarero nibo baje gusubiranamo.

Iryo subiranamo rya Wazalendo bo muri Kivu yamajy’Epfo, ngo byahereye mumpera z’iki Cyumweru dusoje nk’uko ayamakuru twayahawe n’abaturage baturiye ibyo bice.

Ay’amakuru kandi yemejwe na Sosiyete sivile yomuri Secteur ya Tanganyika, aho bemeje ko iyo mirwano yahuje Mai Mai iyobowe na Colonel Mutetezi ndetse n’indi Mai Mai iyobowe na Colonel Muhasha.

Ukuriye iyi Sosiyete sivile muri secteur ya Tanganyika yemereye itangaza Makuru ko kandi abaturage bahunze ngo n’ubwo abarimo barwana arabana babo. Uyu muyobozi wa Sosiyete sivile yakomeje asaba inzego za leta ya Kinshasa kuba hafi y’abaturage baturiye teritware ya Fizi.

Umuturage mubahunze Sammy Amino, yavuze ko abaturage benshi bamaze guhungira mu mihana ya Kabondozi ,Mbokana na Sanza, hafi n’umujyi wa Baraka.

Naho Colonel Mtetezi, uyoboye Mai Mai y’uruhande rwa Banyindu barashinja aba bo bomuri Mai Mai y’Abapfurero bayobowe na Colonel Muhasha, kuba aribo banyiribayazana w’iyi Ntambara.

Ariko kandi hari n’andi makuru avuga ko iri subiranamo rya Wazalendo bomuri Kivu yamajy’Epfo, byatewe n’uyu Colonel Muhasha ko yoba ariwe wakomeje gukurura amazimwe maze birangira basubiranyemo kandi bose bari bagamije kurimbura icitwa Umunyamulenge cangwa Umututsi.

By Bruce Bahanda.

Tariki 04/10/2023.

Tags: FiziImitwe ibiri y'inyeshambaKivu yamajy'EpfoMaï Maï
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Umushumba Mukuru w'itorero rya Louange, Abraham Ngalais, yagejeje kandidatire ye muri CENI, yoguhatanira umwanya w'umukuru w'igihugu ca RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?