• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Imitwe ibiri y’inyeshamba yari yarashinzwe kugira ngo yice Abanyamulenge (Tutsi) basubiranyemo bararimburana muri teritware ya Fizi.

minebwenews by minebwenews
October 4, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa uruja n’uruza rw’abaturage bo m’ubwoko bwa Bapfulero, Ababembe na Banyindu, bakomeje guhunga intambara z’abana babo mubice bya Kashongo na Mulinga no munkengero zaho aho ni muri Groupement y’Abashimukuma yo mu Majy’Aruguru, muri Secteur ya Tanganyika mu Misozi iherereye hagati y’umusozi muremure n’Umuhanda ufite nimero 5, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Minembwe Capital News, yabwiwe ko aha hari imitwe ibiri y’inyeshamba ahanini igwiriyemo abahoze muri Mai Mai bakaza kw’iyita Wazalendo, abarero nibo baje gusubiranamo.

Iryo subiranamo rya Wazalendo bo muri Kivu yamajy’Epfo, ngo byahereye mumpera z’iki Cyumweru dusoje nk’uko ayamakuru twayahawe n’abaturage baturiye ibyo bice.

Ay’amakuru kandi yemejwe na Sosiyete sivile yomuri Secteur ya Tanganyika, aho bemeje ko iyo mirwano yahuje Mai Mai iyobowe na Colonel Mutetezi ndetse n’indi Mai Mai iyobowe na Colonel Muhasha.

Ukuriye iyi Sosiyete sivile muri secteur ya Tanganyika yemereye itangaza Makuru ko kandi abaturage bahunze ngo n’ubwo abarimo barwana arabana babo. Uyu muyobozi wa Sosiyete sivile yakomeje asaba inzego za leta ya Kinshasa kuba hafi y’abaturage baturiye teritware ya Fizi.

Umuturage mubahunze Sammy Amino, yavuze ko abaturage benshi bamaze guhungira mu mihana ya Kabondozi ,Mbokana na Sanza, hafi n’umujyi wa Baraka.

Naho Colonel Mtetezi, uyoboye Mai Mai y’uruhande rwa Banyindu barashinja aba bo bomuri Mai Mai y’Abapfurero bayobowe na Colonel Muhasha, kuba aribo banyiribayazana w’iyi Ntambara.

Ariko kandi hari n’andi makuru avuga ko iri subiranamo rya Wazalendo bomuri Kivu yamajy’Epfo, byatewe n’uyu Colonel Muhasha ko yoba ariwe wakomeje gukurura amazimwe maze birangira basubiranyemo kandi bose bari bagamije kurimbura icitwa Umunyamulenge cangwa Umututsi.

By Bruce Bahanda.

Tariki 04/10/2023.

Tags: FiziImitwe ibiri y'inyeshambaKivu yamajy'EpfoMaï Maï
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Umushumba Mukuru w'itorero rya Louange, Abraham Ngalais, yagejeje kandidatire ye muri CENI, yoguhatanira umwanya w'umukuru w'igihugu ca RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?