• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Imitwe ikorana byahafi n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, muburasirazuba bwa RDC, irashinjwa gufata abagore kungufu muri teritware ya Masisi.

minebwenews by minebwenews
June 24, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imitwe y’itwaje Intwaro muri Republika ya Demokarasi ya Congo, ikorana byahafi n’ingabo z’igihugu ca RDC irashinjwa gufata abagore kungufu muburasirazuba bw’ikigihugu.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 24/06/2023, saa 6:00Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Muri Kivu y’Amajyaruguru, abagore batatu baheruka gufatwa ku ngufu, bafatwa nabamwe mumitwe y’inyeshamba izwiho gukorana byahafi n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (Fardc), bafatiwe mugace ka Bahunde.

Mumakuru yizewe agera Kuri Minembwe Capital News, nuko abo bagore bafashwe muriki cumweru turimo dusoza aho bivugwa ko bafashwe nabo mw’itsinda rya Wazalendo ndetse na Nyatura, bafatiwe muri Groupement ya Bahunde homuri teritware ya Masisi, aha akaba ari muburasirazuba bw’ikigihugu ca Congo Kinshasa.

Nk’uko sosiyete sivile yomuri teritware ya Masisi ibitangaza, abo bagore bahohotewe babanjye gutegwa ubwoba mbere yuko babafata kungufu nimugihe bari babasanze mu mirima barimo gushakira abana babo ibyo barya mu gace ka Kasake gaherereye nko mu birometero icumi uvuye mu mujyi wa Ngungu.

Soseyete Sivile yasobanuye kandi ko ubuzima bw’abo bahohotewe bumeze nabi. maze basaba ko hakorwa iperereza ryimbitse kuri iki kibazo.

Nyuma yuko abahohotewe bimenyekanye ko abahohotewe bahise bajyanwa ku kigo nderabuzima cyaho kugira ngo bavurwe neza.

Soseyete Sivile yakomeje ivuga bati: “Birababaje ibi nibintu bikunze kuba muraka gace kacu bimaze kwikurikiranya inshuro zirenga 10. Leta nigerageze igarure umutekano. Turasaba ko abayobozi b’inzego z’ibanze n’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, bakore iyo bwakabaga habe iperereza rikomeye kugira ngo abakora ibikorwa byurugomo bafatwe kandi bahanwe.”

Abaharanira uburenganzira bwa muntu mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na bo bamaganye iri hohotera rishingiye ku gitsina

“Ibikorwa bisuzuguritse byakorewe abagore, cyane cyane mu turere twakunze kuberamo intambara, turasaba ko byahagarara mumaguru masha abashinzwe umutekano nabo bakore akazi kabo.”

Basabye kandi ko hashyirwaho abashinzwe umutekano nk’imbaraga zo kurushaho kunoza umutekano,

Uhagarariye abagore nawe yabwiye itangaza makuru ati: “Mu rwego rwo kurengera uburenganzira bw’umugore muri iyi ntara, bigomba kubahirizwa kandi leta ikabyubahisha.”

Angélique Nyirasafari, umuyobozi wabagore, yakomeje avuga ko kuva aho imirwano itangiriye mu gace ka Masisi, abagore n’abakobwa bakomeje kwibasirwa cyane.

Ati: “Imitwe yitwaje intwaro, harimo Nyatura, Mai-Mai, Wazalendo FDLR nindi myinshi bakorera muribi bice bya Masisi bakunze guhohotera abagore, ariko turasaba ko byahagarara.”

Madamu Nyirasafari yashimangiye ko leta yananiwe kugenzura Wazalendo

Ati: “Z’arinshingano za leta kugenzura Wazalendo kuko barakorana, hari hakwiye kurandura abakora ikibi.”

Mukwezi kwambere uyumwaka imiryango itegamiye kuri Leta ikorera mu burasirazuba bwa RDC yasohoye raporo yemeza ko abagore bakomeje gufatwa kungufu mukigero cyohejuru.

Nk’uko byatangajwe na Global Girls Foundation, batanze urugero ko imibare yerekana ko abagore 3 kugeza kuri 6 bafatwa ku ngufu ku munsi mu turere tugize Uburasirazuba bwa RDC.

Tags: gufata Kungufu abagoreIngabo za FARDCMasisiWazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

More than 2000 people have been killed this year by both non-state and government forces according to NGOs.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?